
Hirya no hino mu Gihugu haravugwa ubwicanyi hagati y’abashakanye, ubundi ukumva ngo umugabo yishe umwana we, ahandi ukumva hishwe umuntu bivuye ku ihohotera.
Usibye kubona umuntu yishwe hagatangira iperereza ku cyamwishe n’ubwo akenshi uwabigizemo uruhare afatwa akimara gukora ibyo, biracyagoye benshi mu gusobanura ikiri gutera abantu uburakari bubageza ku rwego rwo kwamburana ubuzima!
Bamwe babitwerera uburwayi,abandi bakabitwerera kwinangira no kwanga kwitandukanya n’ubugome bwagukururira kwambura mugenzi wawe mubana cyangwa umwana wawe ubuzima.
mu Inama y’Umutekano turagaruka ku bwicanyi buri kuvugwa hirya no hino mu Gihugu kandi bukomeje,ariko bigoye kumenya nyirizina igituma buri kwiyongerana.
Tubane mu Kiganiro...
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *