skol

Mu Rwanda

RIB yerekanye abakobwa 4 bakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga amashusho yabo bambaye ubusa

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Nyakanga 2020 nibwo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse (…)

Insengero zakomorewe nyuma y’igihe kinini zifunze kubera COVID-19

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 15 Nyakanga 2020,iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa (…)

Habonetse abarwayi 32 ba Coronavirus mu Rwanda hakira abandi 5

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Kamena 2020, (…)

Habonetse abarwayi 59 ba Coronavirus mu Rwanda,hakira 11

Uyu munsi tariki ya 22 Kamena 2020,ubaye uwa mbere ubonetseho abantu benshi banduye Coronavirus (…)

Abasize ibikoresho byabo mu gishanga cya Gikondo bahawe iminsi 7 kuba babikuyemo mbere y’uko bitezwa cyamunara

Abahoze mu gace k’inganda ka Gikondo bategetswe gukuramo ibikoresho byabo birimo imashini, (…)

Abakoresha Mobile Money na Mobile Banking basabwe kwitwararika mu gukoresha izi Serivisi

Ikibazo cy’uburiganya bukorerwa abakoresha mobile money na mobile banking kiri kugenda gifata (…)

Habonetse abandi barwayi 18 ba Covid-19 barimo ab’i Rusizi n’abaturutse hanze y’u Rwanda,hakize 6

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 18 basanganywe Coronavirus mu Rwanda mu bipimo 1,790 (…)

Abantu 10 bakize Coronavirus mu Rwanda kuri uyu wa Mbere mu gihe umwe ariwe mushya wayanduye

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko uyu munsi habonetse umuntu umwe mushya wanduye (…)

Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe

Nibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe (…)

Abakize Coronavirus mu Rwanda babaye 80…Nta murwayi mushya wabonetse mu bipimo 1299 byafashwe kuri uyu wa Mbere

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Mata 2020 nta murwayi wa (…)

RIB imaze kwakira ibirego birenga 30 bijyanye n’ingengabiterezo ya Jenoside mu minsi 4 gusa

Nyuma y’iminsi 4 hatangiye Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorwe Abatutsi,Urwego rw’igihugu (…)

Kayonza:Icyuzi cya Ruramira kiri hafi gukamishwa kugira ngo hashakishwe imibiri y’abazize Jenoside yajugunywemo [AMAFOTO]

Icyuzi cya Ruramira giherereye mu murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza,mu minsi itatu kiraba (…)

Leta izakomeza gukora ibishoboka byose ngo ifashe abanyarwanda muri ibi bihe bitoroshye-Perezida Kagame

Nyakubahwa perezida wa Repubulika yatangaje ko Leta y’u Rwanda yiteguye gufasha abanyarwanda (…)

Abarwaye Coronavirus mu Rwanda bageze kuri 54

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Werurwe 2020 hagaragaye abandi (…)