skol
fortebet

Mu Rwanda

Abantu bafite ubumuga mu Rwanda barasaga ibihumbi 560

Ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’Abantu Bafite Ubumuga (NCPD) bwatangaje ko mu mibare y’ibanze (...)

Musanze: Batatu bafunzwe bakekwaho gukubitira umusaza mu kabari agapfa

Batatu bakoraga mu kabari kazwi ko mu Karere ka Musanze, bafunzwe bakekwaho gukubita umusaza (...)

Umunsi haterana inama y’ingabo na jandarumori yo kurangiza irimburwa ry’abatutsi

Uko Ingabo z’abicanyi zagendaga zitsindwa niko zakazaga ingamba zo kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi (...)

BNR yakanguriye abagore gukoresha serivisi z’imari zifashisha Telefoni

Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, ikomeje gukora ubukangurambaga bugamije gukangurira abagore (...)

REMA yatangaje ko miliyari 40 frw zigiye gukoreshwa mu gutunganya ibishanga mu Mujyi wa Kigali

Ikigo Gishinzwe kurengera Ibidukikije mu Rwanda, (REMA) kivuga ko cyashoye miliyari 40 (...)

Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Rwanda yakiriye mugenzi we wo muri Ghana

Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude, yakiriye (...)

RIB yatangaje ko abantu 105 bavanwe mu bihugu bari baracurujwemo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko kuva muri Kamena 2024 kugeza muri Gicurasi (...)

Minisitiri Sebahizi yatangaje ko u Rwanda rudakeneye gutimiza Sima mu mahanga

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko u Rwanda rudakeneye gutumiza ku (...)

Umubare w’imanza ziregwamo abana batagejeje ku myaka 18 wikubye kabiri

Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwatangaje ko umubare w’ibirego by’abana batarengeje imyaka 18 (...)

Rutsiro: Umugabo watemaga ibiti by’amakara mu ishyamba kimwe cyamugwiriye arapfa

Musabyimana Gaspard w’imyaka 36, watemaga ibiti byo gutwikamo amakara mu ishyamba yahawemo akazi (...)

Agakiriro ko ku Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro

Agakiriro gakorerwamo imirimo y’ububaji no gusudira mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo, (...)

Mu Rwanda hatangijwe ikoranabuhanga rizafasha gutahura imodoka yikoreye ibirenze ubushobozi bwayo

Ikigo cya Beno Holdings ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Ubumenyi n’Ikoranabuhanga, (...)

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na Cheick Camara uyobora ServiceNow Africa

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Cheick Camara, Visi Perezida akaba (...)

Icyiciro cy’abanyarwa 642 bari barafashwe bugwate na FDLR cyageze mu Rwanda

Abanyarwanda 642 bari bamaze igihe mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (...)

PAM-Rwanda igiye kwizihiza ubwigenge bwa Afurika ku nshuro ya 62 yifatanyije n’abagore 70 ba rwiyemezamirimo

Umuryango uharanira kwihuza no kwigenga kw’Abanyafurika Pan African Movement (PAM) ishami ry’u (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 2235