skol

Mu Rwanda

Abaturage bane bo mu Ruhango bapfuye, hakekwa inzoga y’inkorano

Abaturage bane bo mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Bweramana, bapfuye nyuma yo kunywa inzoga (…)

Rwamagana: Umugabo yafunzwe akekwaho kwica umugore we n’umwana

Umugore w’imyaka 28 y’amavuko hamwe n’umwana we w’imyaka itatu bari batuye mu Murenge wa Muyumbu (…)

Rutsiro: Yagwiriwe n’igisimu bikekwa ko yibagamo amabuye y’agaciro arapfa

Mbonigaba Eric w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Kabarirwa, Akagari ka Remera, Umurenge wa Rusebeya, (…)

Ubuhamya bw’uwagurishijwe hakoreshejwe imbuga nkoranyambaga

Mukamana Aline w’imyaka 45 wo mu Karere ka Gicumbi yagarutse mu Rwanda nyuma y’umwaka n’amezi (…)

Imitungo yaguzwe muri ruswa izajya ifatirwa bidasabye urukiko: Ibyihariye muri politiki nshya

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine yavuze ko hatangiye gukurikizwa politiki nshya yo kurwanya (…)

Nyamirambo: Umujura wari wasigaye muri ‘rigole’ yavuyemo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abajura babiri bari bashikuje telefone abantu bakajya kwihisha (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi y’itumba iruta iya 2025

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu itumba ry’uyu (…)

Kubera iki umubare w’abajya mu bigo ngororamuco wiyongera?

Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ku bigo by’igororamuco igaragaza ko uko imyaka yagiye (…)

Rusizi: Yashatse gutema umugore we umushinja urumogi

Ndagijimana Ibrahim w’imyaka 37 yatawe muri yombi ubwo yagezaga iwe mu rugo igikapu cyuzuye (…)

HOWO yatwaye ubuzima bw’umuntu

Mu Karere ka Kamonyi, habaye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yahitanye umumotari (…)

MoKash yashyizeho uburyo buha inguzanyo abatarishyura iyo bari basanganywe

Mobile Money Rwanda Ltd ifatanyije na NCBA Bank Rwanda, bamenyesheje abakiliya bakoresha (…)

Umunyeshuri w’i Karongi akurikiranyweho gutema abarimu babiri

Byiringiro Innocent, umunyeshuri w’imyaka 17 wo mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho (…)

Agathe Kanziga ni umujenosideri uri mu bayiteguye- Minisitiri Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, (…)

Umwana we yatewe ubumuga bukomatanye n’umuturanyi “wamutsindagiye mu bwiherero”

Mu Karere ka Rusizi, umubyeyi arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we, no kwita ku bandi 6 afite, (…)

Minisitiri Bizimana yashimye Mukagasana washinze umuryango wita ku bana kandi abe barishwe muri Jenoside

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, (…)