skol

Mu Rwanda

Musanze: Abafite ubumuga bagorwa no kubona inguzanyo mu bigo by’imari

Abafite ubumuga mu Karere ka Musanze bavuga ko bagihura n’imbogamizi zikomeye mu kubona (…)

Huye: Barasaba gusanirwa iteme ryangijwe n’imvura kigahuhurwa n’imodoka

Abaturage bakoresha umuhanda unyura mu gishanga cya Kazabagarura uhuza Umurenge wa Huye n’uwa (…)

Karongi: Abiga imyuga n’ubumenyingiro bageze kuri 37%

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko 37% by’abanyeshuri biga muri aka karere biga (…)

Abarangiza amasomo mu by’ubuvuzi bikubye kane mu 2025

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu barangije amasomo yerekeye ubuvuzi binjiye mu kazi (…)

Gatsibo: Korea y’Epfo igiye kubaka isoko rigezweho i Kabarore

Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe ubutwererane bwa Korea y’Epfo (KOICA) ku bufatanye n’ubuyobozi (…)

Gicumbi: Meya yavuze ku kibazo cy’Umukuru w’Umudugudu yirukaniye mu Nteko y’Abaturage

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwatangaje ko Hakizimana Pierre Célestin wayoboraga Umudugudu wa (…)

Minisitiri Dr. Utumatwishima yasabye urubyiruko gukoresha neza impano zarwo mu kwihangira imirimo

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yasabye (…)

Kigali yahariwe ibyumweru birindwi mu kwemeza imyirondoro no gufotorwa kw’abashaka Indangamuntu koranabuhanga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), cyatangije mu Mujyi wa Kigali ibikorwa byo (…)

Nyamasheke: Abaturage bahisemo gukora ibiryo by’amatungo mu masazi kuko ibisanzwe bikosha

Abaturage bo mu Murenge wa Kirimbi uherereye mu Karere ka Nyamasheke, bahisemo gutangira (…)

Kigali Pelé Stadium igiye kongera kuberaho imikino ya nijoro

Nyuma y’iminsi Kigali Pelé Stadium iri gukemurirwa ikibazo cy’amashanyarazi yatumaga amatara (…)

Nimpfa bazanshyingure hano - Inkuru ya Somar Talat, Umunya-Syria u Rwanda rwakiriye yabuze epfo na ruguru

Somar Talat ni Umunya-Syria wazengurutse ibihugu byinshi, ariko aza kwiyemeza gutura mu Rwanda (…)

Antoine Cardinal Kambanda yibukije uruhare rwa Kiliziya mu gutegura abayobozi beza b’ejo hazaza

Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yibukije ko Kiliziya Gatolika muri Afurika (…)

Musanze: Kimonyi ababyeyi barasaba kwegerezwa amashuri y’inshuke

Mu Murenge wa Kimonyi, cyane cyane mu Kagari ka Birira, abaturage bagaragaza ikibazo cyo (…)

Musanze: Umusore yishwe n’inzoga y’icyuma yategewe kumara adakuye ku munwa

Ishimwe Fabrice, umusore w’imyaka 20 y’amavuko wo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Cyuve, (…)

Icyambu cya Karongi kinyuzwaho toni 8000 za sima buri kwezi

Abakoresha icyambu cy’i Karongi kimaze amezi atanu gitangiye kunyuzwaho ibicuruzwa biva mu (…)