skol

Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye abarenga 160 batahutse bavuye muri RDC

U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 161 batahutse kuri uyu wa Kabiri, bavuye muri Repubulika (…)

Abahinzi b’ibirayi bagiye kubona imbuto idakenera guterwa umuti

Umuhinzi iyo yateye bikamera, atangira gutera imiti irwanya indwara zibasira ibirayi, cyane (…)

Karongi: Umunyeshuri Yatemye Mwarimu We

Umunyeshuri wo muri Groupe Scolaire Rubona iri mu Mudugudu wa Muciro, Akagari ka Gisiza, (…)

Amajyaruguru: Polisi Yamennye Litiro 10.000 z’inzoga z’inkorano

Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze umukwabu wo gufata no kwangiza ibinyobwa bitemewe, imena (…)

Minisitiri Dr. Bizimana yibukije ko kunoza Ikinyarwanda bidahagarika kwiga izindi ndimi

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Damascene, (…)

Inteko y’Umuco yanenze abavangavanga indimi ngo babe ‘abasirimu’

Intebe y’Inteko y’Umuco, Amb. Masozera Robert, yanenze abantu bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda (…)

Abayobozi 46 bananiwe gusobanurira umuvunyi inkomoko y’umutungo wabo mu 2025

Urwego rw’Umuvunyi ruratangaza ko mu mwaka ushize wa 2025, rwoherereje Urwego rw’Ubugenzacyaha (…)

Rusizi: Hegitari zisaga 13 z’imyaka y’abaturage zangijwe n’urubura

Abaturage b’Imidugudu 6 y’Akagari ka Rwambogo, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi bararira (…)

Umugore w’i Rutsiro yatwawe n’umugezi wishe abana be babiri na sebukwe

Umugore witwa Nyirabuyange Verediyana wo mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba yasanzwe (…)

Abahinzi bakoresha nabi ubutaka n’umusaruro w’ibihingwa bashyiriweho ibihano bikakaye

Guverinoma y’u Rwanda yemeje umushinga w’itegeko rishya rigenga ubuziranenge bw’umusaruro (…)

Inyanya zinjiriza u Rwanda miliyari z’amadovize

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi (…)

Abashyinguye n’abashyingiye bahurijwe hamwe muri motel biteza imvururu

Abantu bashyinguye umuntu wabo wapfuye bakajya gukaraba (banaganira) bahuriye hamwe (…)

Benshi bakomeje kwinubira gucikagurika kw’amashanyarazi hirya no hino mu gihugu

Abanyarwanda benshi mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kugaragaza ko (…)

Rutsiro: Imodoka yari itwaye abantu 8 yahiye irakongoka

Imodoka yo mu bwoko bwa Verso, ifite pulake RAI 276D, yavaga Rubavu ijya mu Mudugudu wa Mushubi, (…)

Wacika urukiko rumwe, ariko tugera aho tukagufata - Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga ku barya ruswa

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, aributsa Abanyarwanda ko ubutabera ari (…)