skol

Mu Rwanda

Hatangajwe icyagaragaye mu kiyobyabwenge kimaze kwica abantu 17 mu byumweru bibiri mu Rwanda

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buratangaza ko ipimwa ryakorewe ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa (…)

Gatsibo: Umukecuru arakekwaho kujugunya mu bwiherero uruhinja rwabyawe n’ umukobwa we

Umukecuru w’ imyaka 57, utuye mu Murenge wa Kabarore, yatawe muri yombi n’Urwego (…)

Ihurizo mu gukemura ikibazo cy’abatuye ahagenewe ubuhinzi bitabaturutseho

Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagaragaje ko abatuye ku butaka bwagenewe (…)

Guteza imbere ubucukuzi no kunoza imyigishirize y’indimi: Imyanzuro y’Inama y’Umushyikirano ya 20

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro y’Inama y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, (…)

Burera: Abasore babiri bishe umuntu bamuziza kuryamana na mushiki wabo

Abasore babiri bo mu Karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika bakubise Nteziyaremye Adrien, (…)

Burera: Umwe mu bafatanywe inzoga yitwa Kunjakunja yapfiriye muri kasho ya polisi

Umugabo witwa Musirikare Jean, uri muri bamwe mu bantu bo mu Murenge wa Gahunga mu Karere ka (…)

. Abanyarwanda 297 bakorewe icyaha cy’ubucuruzi bw’abantu mu myaka itandatu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva mu 2019 kugeza mu 2025, (…)

Dushaka kubaka igihugu kizira ibinyobwa bigira ingaruka ku baturage – MINALOC

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC, yagaragaje ko hakanewe kubaka igihugu kizira (…)

Mu myaka 12 u Rwanda rwubatse imihanda y’imigenderano ireshya n’ibilometero 4000

Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) yatangaje ko kuva mu 2014 kugeza uyu munsi mu gihugu hose (…)

Umuriro watwitse ahazwi nka “Labamba” muri Rubavu

Inkongi y’umuriro yadutse ahitwa “Labamba” mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi mu Karere ka (…)

Irimbi rya Rusororo rigiye kuzura ku nshuro ya kabiri

Ikibazo cy’amarimbi gikomeje kuba ingutu mu Rwanda bijyanye n’ubuto bwarwo n’ikimenyimenyi (…)

Rutsiro: Inkuba yishe umugabo, uwo bari kumwe agwa igihumure

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026, umugabo w’imyaka 27 wo mu Karere ka Rutsiro mu (…)

Twatangiye kubona impinduka - Minisitiri Dr. Bizimana ku musaruro w’inyigisho zihabwa abari bafungiye Jenoside

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, (…)

Ku myaka 22, Jean-Luc wize muri Rwanda Coding Academy yashinze ikigo gifite agaciro ka miliyoni 2$

Umusore witwa Jean-Luc Sauvé w’imyaka 22 ni umunyarwanda ukiri muto washinze ikigo (…)

Polisi yafashe litiro zirenga ibihumbi 17 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali itangaza ko mu minsi itanu yafashe inzoga zitujuje (…)