skol

Mu Rwanda

Imirenge SACCO yose yamaze guhurizwa ku rwego rw’uturere

Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubudahunganana bw’Urwego rw’Imari, Bernard Nsengiyumva, yatangaje ko (…)

Karongi: Abantu batanu bafungiwe ubucukuzi butemewe bw’amabuye y’agaciro

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi, ku bufatanye n’inzego bakorana bataye muri yombi (…)

Perezida Kagame yaganiriye na Nduva wa EAC ku birimo guteza imbere ubucuruzi

Perezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), (…)

RFI mu mushinga w’ikoranabuhanga rifasha gutahura aho umunyabyaha yihishe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI), (…)

Rutsiro: Umukingo wagwiriye inzu abana babiri bari baryamye barapfa

Inzu yari iryamyemo aba babiri barimo uw’imyaka itandatu n’uw’ibiri bo mu Karere ka Rutsiro (…)

Amasoko ya Leta angana na 89% atangirwa mu ikoranabuhanga

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko urubuga rwa Umucyo e-Procurement (…)

Ishyaka PSR ryatoye abayobozi bashya

Ishyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR) ryatoye abayobozi bashya mu Nteko (…)

Umushinjacyaha Mukuru wa Girikare Col. Sumanyi yarahiriye kuzuza inshingano ze

Col Charles Sumanyi uherutse kugirwa Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare yarahiriye kuzuza (…)

Abana basaga 300 bari kumwe na ba Nyina mu Magororero

Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) , yagaragaje ko kugeza ubu (…)

Impunzi zahungiye mu Rwanda ntizicana inkwi, zicana Gas

Impunzi zicumbikiwe mu Nkambi ya Mahama, zishimira Gas zo gutekesha bahawe, byabakijije kugirana (…)

Rubavu: Yagiye gukubita umugore we amucitse akomeretsa umwana wabo

Nzeyimana Evariste w’imyaka 33, wo mu Mudugudu wa Buringo,Akagari ka Buringo,Umurenge wa (…)

Leta y’u Rwanda igiye kugabanya imidugudu ive ku bihumbi 15 igera ku bihumbi 3

Leta y’u Rwanda iravuga ko iri muri gahunda yo kugabanya imidugudu yo guturamo iri hirya no hino (…)

Kigali: Umugore ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu arusha imyaka 20 yisobanuye avuga ko ari we wabimusabye

Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ukurikiranyweho gusambanya umwana (…)

Umusore yareze umukobwa ngo amusubize amafaranga ye “ibyo bumvikanye ntibyagezweho”

Mu Karere ka Nyanza, rurageretse hagati y’umusore bikekwa ko yahaye umukobwa amafaranga ibihumbi (…)

Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Prof. Subra Suresh ku guteza imbere uburezi

Perezida Paul Kagame yakiriye abarimo Prof. Subra Suresh, washinze akanaba Perezida w’Umuryango (…)