skol

Mu Rwanda

Azikuramo nk’uko n’undi yikuyemo – Polisi yavuze ku mujura umaze iminsi itandatu muri ‘rigole’

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko nta buryo bwihariye iteganya gukoresha (…)

Rubavu: Hari gutunganywa “site” z’imiturire zisaga 80

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba buratangaza ko hari gutunganywa “site” (…)

Insengero zari zimaze igihe zifunze zatangiye gufungurwa

Nyuma y’imyaka hafi ibiri Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rufunze insengero n’imisigiti (…)

Abakozi 13 bo mu rwego rw’ubucamanza bahanwe kubera ruswa umwaka ushize

Abakozi 13 bo mu rwego rw’ubucamanza bahaniwe ruswa mu mwaka wa 2024-2025. Mu myaka 20 ishize (…)

Ishusho y’ishoramari mu Karere ka Nyamasheke

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangiye gahunda yo kongera abashoramari banini babyaza (…)

Hategujwe ko hari ibice bigiye kuzaburamo umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda

Sosiyete y’Igihugu ishinzwe Ingufu REG, yagaragaje ibice bizagaragaramo ibura ry’umuriro (…)

Umuntu niwe uzajya ahitamo amakuru atanga: Imaramatsiko ku mikorere y’Irangamuntu koranabuhanga

Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), Mukesha Josephine, yashyize umucyo (…)

‘Urumuri rw’Ivanjiri rwacaniwe i Save rukwira igihugu’, Paruwasi ya Save yizihije isabukuru y’imyaka 126

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, yavuze ko ari ishema rya (…)

Abaturiye umupaka wa Shonga babangamiwe no kudahabwa ibyangombwa by’ubutaka

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Mutojo mu Murenge wa Karama, Akarere ka Nyagatare baturiye (…)

Inama y’igihugu y’umushyikirano ya 20, yasize musaruro ki?

Kuva tariki ya 5-6 Gashyantare i Kigali haberaga inama Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku (…)

Ruhango: Biyemeje kuba intangarugero mu isuku

Abagore bagize urugaga rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi mu Karere ka Ruhango, baratangaza (…)

Kigali: Iminsi 5 irashize Polisi itegereje uwibye telefoni agahungira muri Ruhurura

Polisi y’igihugu imaze iminsi itanu , itegereje gufata ukekwaho ubujura bwa telefoni , (…)

Bruce Melodie na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu

Umuhanzi Bruce Melodie yashimangiye ko we na The Ben kuri ubu basa n’abari ku ruhembe mu muziki (…)

Musanze: Abafite ubumuga bagorwa no kubona inguzanyo mu bigo by’imari

Abafite ubumuga mu Karere ka Musanze bavuga ko bagihura n’imbogamizi zikomeye mu kubona (…)

Huye: Barasaba gusanirwa iteme ryangijwe n’imvura kigahuhurwa n’imodoka

Abaturage bakoresha umuhanda unyura mu gishanga cya Kazabagarura uhuza Umurenge wa Huye n’uwa (…)