skol

Mu Rwanda

Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba amavuta ku kigo cy’ishuri

Inzego z’umutekano zikorera mu Ntara y’Amajyepfo zataye muri yombi abantu batatu undi arabacika, (…)

Ambasade z’u Rwanda ziyongereyeho 30 mu myaka 23

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje (…)

Nyanza: RIB yataye muri yombi umukobwa ukora uburaya ukekwaho kwica umukecuru

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umukobwa w’’imyaka 19 y’amavuko ukekwaho gukubita (…)

Ikibazo kinini kiri ku bayobozi- Perezida Kagame ku kibazo cy’igwingira mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yerekanye ko ikibazo cy’igwingira ry’abana riri ku gipimo cyo hejuru mu (…)

Minisitiri w’intebe yijeje perezida wa Repubulika kunoza imikorere mu nzego

Minisitiri w’intebe, Justin Nsengiyumva, yijeje perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, (…)

Perezida Kagame yanenze abashinja u Rwanda gukorana na M23, avuga ko ari ubugoryi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze abashinja u Rwanda kuvugurura imyitwarire yarwo ku (…)

Minisitiri w’Imari yashyize umucyo ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, Murangwa Yusuf, yashyize umucyo ku kibazo cy’izamuka (…)

Muhanga: Yishwe atewe icyuma na mugenzi we basangiraga inzoga

Umugabo w’imyaka 30 witwa Mbituyimana Ildephonse yishwe atewe icyuma na Twagirimana Erneste (…)

Umushyikirano 2026: Perezida Kagame yagarutse ku mubano w’u Rwanda na RDC

Ku wa 05 Gashyantare 2026 muri Convetion Center, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame (…)

Perezida Kagame yijeje kubaza inshingano abayobozi batazubahiriza

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku bayobozi batubahiriza inshingano mu gihe baba (…)

Impungenge z’Abasenateri ku bafungurwa bagitsimbaraye ku ngengabitekerezo y’irondabwoko n’urwango

Ubushakashatsi ku bumwe, ubwiyunge n’ubudaheranwa bwerekana ko ababajijwe mu buheruka bagaragaje (…)

Rubavu: Abayobozi 3 bandikiye rimwe basezera ku kazi

Abakozi batatu b’Akarere ka Rubavu barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge, (…)

Nyarugenge: Abajura bibye telefone bihisha muri ‘rigole’ babura uko bavamo

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yinjiye mu kibazo cy’abantu babiri (…)

Kamonyi: Howo na Fuso zagonze bisi abantu 9 barakomereka

Abantu 9 bakomerekeye mu mpanuka yabereye mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda,ahazwi nko (…)

Kamonyi: Inzozi z’uwasambanyijwe ku myaka 14 avuye ku ishuri

Imyaka ibiri irashize Gatesi Aliane (yahinduriwe amazina) wo mu Mudugudu wa Nyamirembe, Akagali (…)