skol

Mu Rwanda

Buri karita ya ‘Tap&Go’ igiye kwandikwa kuri nyirayo

AC Group ikora amakarita yo kwishyura urugendo azwi nka Tap&go yavuze ko igiye kwandika aya (…)

‘Nyakubahwa twarayivuze, twarayirangije ...ntawe nzarenganya natanyita nyakubahwa’ Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwirinda kuzarira mu magambo igihe bahawe (…)

ADEPR: Bafukuraga Yorudani mu rusengero basangamo umurambo

Itorero pantekote mu Rwanda ADEPR ryemeje amakuru avuga ko mu karere ka Rubavu ubwo bacukuraga (…)

Mu bakora uburaya 100, haba harimo 46 barwaye SIDA

Ubushakashatsi bwagaragaje ko ikigero cy’ Abanyarwanda banduye agakoko gatera SIDA kiri 3% (…)

Leta y’ u Rwanda yagurijwe miliyoni 125$ zo kugeza amashyanyarazi ku baturage

Kuri uyu wa mbere, u Rwanda rwasinyanye amasezerano na banki y’Isi y’inguzanyo ya miliyoni 125 (…)

Umubyeyi yabuze umwana we w’imyaka 3 nyuma yo kumusiga aryamye mu Cyumba cye nijoro

Umubyeyi witwa Kristy Woods ukomoka mu gihugu cya Leta zunze Ubumwe z’Amerika muri Carolina (…)

U Rwanda mu bihugu byafashe mu mugongo Misiri nyuma y’ igitero cyishe abarenga 300

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije Igihugu cya Misiri n’abaturage bacyo muri rusange ku (…)

Gasabo: Uruhinja rwatoraguwe mu mugezi rwapfuye birakekwa ko rwatawe n’ indaya

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ukwakira 2017 abaturage bo mu murenge wa Gisozi wo (…)

Mbigenze nte ? Umugore wanjye yahukanye kuko nta kibasha gutera akabariro

Umusomyi w’ UMURYANGO yatwandikiye agira ngo umugire inama y’icyo yakora akagarura umugore we (…)

Nyarugenge: Abantu 3 bakurikiranyweho ubwambuzi bw’asaga Miliyoni eshanu

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge ifunze abagabo batatu bakekwaho icyaha cy’ubwambuzi (…)

Musanze: Umubyeyi w’ abana bane yakuyemo inda abeshya abaganga ko yagiye mu mihango

Umubyeyi Twahaye izina rya Mukanama wo mu murenge wa Muko mu karere ka Musanze tariki 11 (…)

Bishop Rugagi yashyize hanze amabanga ya Bahati uherutse ku mushinja ubwambuzi

Umupasiteri umaze kwamamara mu Rwanda no hanze yarwo biturutse ku bitangaza akora birimo gukiza (…)

Bishop Rugagi yatamaje umusaza wamwiyitiriye

Umushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza (…)

Abarundi babana batarasezeranye basigaranye iminsi 60 gusa

Ugendeye ku itegeko Perezida Pierre Nkurunziza yasinye mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka rigamije (…)

Polisi y’ u Rwanda yashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika

Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 (…)