skol

Mu Rwanda

Diane Rwigara yashyikirije NEC ibyangombwa yaburaga avuga ko afite icyizere cyo kuzagaragara ku rutonde ndakuka

Diane Shima Rwigara kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Nyakanga yagejeje kuri Komisiyo y’ igihugu y’ (…)

Rutsiro: Umwarimu afunzwe akekwaho kurigisa amata ya gahunda y’Inkongoro y’Amata ku mwana

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro yataye muri yombi umwarimu witwa Nzamwitakuze (…)

Gakenke:Babiri bafatanywe kanyanga n’amaduzeni 20 y’inzoga zitemewe

Ku itariki ya 3 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke yataye muri yombi (…)

Perezida Kagame yahagaze mu Mujyi wa Musanze asuhuza abaturage-VIDEWO

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakaga 2017, ubwo Perezida Paul Kagame yasozaga uruzinduko (…)

Perezida Bashir ushakishwa na ICC yatumiwe na mugenzi we w’u Burusiya mu nama

Perezida Omr Al Bashir yatumiwe mu nama idasanzwe izabera mu gihugu cy’u Burusiya mu minsi iri (…)

U Rwanda rwatorewe kuyobora Afurika Yunze Ubumwe mu 2018

Mu murwa mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa guhera ku itariki ya 27 Kamena kugeza ku wa 04 Nyakanga (…)

Kirehe:Umukobwa akurikirayweho guta umwana we mu musarani

Mu ijoro rishyira tariki 3 Nyakanga 2017, mu Kagari ka Muganza Umurenge wa Gatore mu Karere ka (…)

“Hari abazimyaga ariya matara nk’ abazimya agatadowa” Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimagiye ukuntu mu myaka 23 ishize Abanyarwanda bavuye mu (…)

Abapolisi b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo bitabiriye ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu murwa mukuru wa (…)

Ngoma: Umukobwa wavanywe mu ishyamba akajyanwa mu cyumba cy’amasengesho yapfuye harakekwa amadayimoni

Umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 19 y’amavuko wamaze icyumweru mu ishyamba umuryango we (…)

Umufaransa arashinjwa gushaka kwica Perezida Macron akoresheje imbunda ya kalachnikov

Umufaransa w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka mu mujyi wa Argenteuil akurikiranyweho gushaka kwica (…)

Umunyarwandakazi w’abana bane yaguye mu mpanuka y’imodoka

Martha Niyishaka, umunyarwandakazi wabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri Leta ya (…)

Bidasubirwaho Gitifu w’Akarere ka Muhanga yeguye...Guverineri ati ’yari umunyamakosa’

Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yamaze kwandika ibaruwa isezera (…)

Polisi y’u Rwanda n’iya Uganda baganiriye ku ngamba zo gufatanya kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka

Polisi y’u Rwanda n’iya Uganda, ejo tariki 2 Nyakanga uyu mwaka baganiriye ku ngamba z’uburyo (…)

Icyiciro cya gatanu cy’Abofisiye Bakuru ba Polisi bigaga iby’ubuyobozi muri NPC cyashoje amasomo

Abofisiye bakuru ba Polisi 26 baturuka mu bihugu icumi byo muri aka karere, ku itariki 2 (…)