skol

Mu Rwanda

Igihe kirageze ngo umubano USA na Afurika ushingire ku cyerekezo cy’ Afurika – Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame, asanga ko igihe kigeze ngo umubano hagati w’ Amerika na (…)

Kicukiro: Umwana w’ umukobwa yumvise ko ababyeyi be bamushyinguye aragaruka bamubonye barumirwa

Umuryango wa Nzindukiyimana Stanislas Mu Kagari ka Rubirizi mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka (…)

Umwongerezakazi Uwamahoro ukurikiranweho umugambi wo kugirira nabi u Rwanda yarekuwe by’ agateganyo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu Rwanda rwategetse ko Umunyarwandakazi Violette Uwamahoro ufite (…)

Minisitiri Busingye yasabye inama polisi kugendana n’ ikoranabuhanga rigezweho

Minisitiri w’Ubutabera, akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye kuri iki Cyumweru (…)

“Nta gushidikanya guhari ko u Rwanda ari inshuti ya Isiraheli” Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru yagejeje ijambo ku nama ngaruka mwaka (…)

Leta y’ u Rwanda yatangiye urugendo rwo guhindura ibara ry’ amazi ya Nyabarongo

Minisiteri y’Umutungo Kamere (MINIRENA) ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo batangije ku (…)

¾ by’abaturage ba Burera bamaze gukorana n’ibigo by’imari

Kwizigamira ku abaturage b’akarere ka Burera bamaze kubigira umuco kuko biri muri bimwe (…)

Akarere ka Musanze ntikemeranya n’abaturage bavuga ko bazitiwe n’imisoro mu iterambere ryabo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Musanze, Bagirishya Peter Abaturage bo mu Mirenge (…)

Inkunga y’ingoboka yabafashije kwigurira icyuma cy’asaga miliyoni 6

Abasaza n’abakecuru bahabwa inkunga y’ingoboka mu Murenge wa Rugengabali mu karere ka Burera (…)

Musanze: Abahabwa inkunga y’ingoboka aho kugabanuka ahubwo bashobora kwiyongera

Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze buvuga ko inkunga y’ingoboka ihabwa abatishoboye bageze mu (…)

Abantu bane batawe muri yombi bagerageza guha abapolisi ruswa

Nzamuye Jean Bosco, Ntawumenyumunsi Shaban, Shyirambere Donatien na Dusabeyezu Theophile (…)

Leta yafunze burundu ikigo cy’ imfubyi cyavutsemo amakimbirane

Leta y’u Rwanda yahisemo gufunga burundu ikigo kirera impfubyi cya Agape Home cyarererwagamo (…)

’Nta kibazo cy’umutekano muke cyangwa cy’iterabwoba kiri mu Mujyi wa Kigali’ - ACP Badege

Mu gihe iterambere ry’umujyi wa Kigali rikataje, Polisi y’u Rwanda irashimangira ko umutekano (…)

‘Mu karere u Rwanda ni cyo gihugu gifite abanyamakuru bisanzuye’ LDGL

Ndikumana Cyprien, impuguke mu itangazamakuru Umuryango Uharanira Uburenganzira bw’Ikiremwa (…)

Gahunda za leta zirimo kongera ibikorwaremezo zavanye abaturage Ba Burera mu bwigunge

Abaturage bo mu karere ka Burera barashimira leta y’u Rwanda imbaraga yashyize mu kubegereza (…)