skol
fortebet

Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye

Yanditswe: Monday 21, Apr 2025

featured-image

Sponsored Ad

Ntuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya.

Sponsored Ad

Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka kuko nibyo bizatuma murushaho kuryoherwa cyane ndetse n’umubano wanyu urusheho kwiyongera cyane.

Abantu benshi bakunze kwibaza bati ese nzabwirwa niki ko umukunzi wanjye ashaka imibonano mpuzabitsina atabinyeretse cyangwa se atabimbwiye, nyamara hari igihe usanga abishaka no kukurusha gusa kubera intinyi mwese ntimugire icyo mugeraho. Niba ujya ugira icyifuzo cyo gukorana imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe gusa ukagira ubwoba, ni byiza ko ubanza ugasobanukirwa neza amarenga yakwereka ko nawe abishaka maze ubundi mukaba mwakorana urukundo mwese munezerewe.

Nkuko tubikesha urubuga rwa Love Panky Ibi ni bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko umukobwa mukundana ashaka ko mukorana imibonano mpuzabitsina :

1. Indoro idasanzwe :
Iyo umukobwa ashaka ko muryanama ntabwo yabikubwira ahubwo, hari uburyo butandukanye akoresha muribwo harimo no kukureba icyoroshye ku buryo nawe iyo muhuje amaso uhita wibwira icyo agamije, mbega ya ndoro yoroheje utareba uwo ari we wese.

2. Uburyo ahumeka ndetse n’uko umutima we urimo gutera :
Ni byiza ko mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina mubanza gutegurana mu rwego rwo kongera ubushake bw’ibyo mugiye gukora, mu gihe wumvishe umukobwa atangiye guhumeka cyane ndetse n’umutima we ugatera cyane aba ashaka ko muryamana nubwo bwose aba ashobora kuripfana ntabikubwire.

3. Amagambo ye aba atangaje :
Iyo umukobwa yagize irari ryinshi yumva ashaka ko mubonana aba avuga gake arandaga cyane akanacishamo agaseka, ndetse akanavuga amagambo aryohera amatwi y’abagabo harimo nko ku gutaka ndetse yaba yizihiwe cyane akanakuririmbira.

4. Arikorakora ndetse akanakora ku musore :
Umukobwa ushaka ko muryamana aba arimo kugukorakora ndetse na we akajya acishamo akikoraho gake gake, ku buryo uhita ubona icyo agamije.

5. Atangira kukuvuga ibigwi :
Igihe umukobwa yumva ashaka ko muryamana atangira kukureba mu maso cyane, agacishamo agakorakora intoki zawe akakubaza indeshyo yazo cyangwa indeshyo y’ibitugu byawe, ubwo akenshi aba ashaka ko wakuramo umwambaro ukaba wamwereka bimwe mu bice byawe by’umubiri, uramutse ubonye ibi bimenyetso bikubayeho ntakabuza ujye uhita umenya ko ashaka ko muryamana gusa adashaka guhita aba uwa mbere utobora ngo abivuge.

Muri rusange Buri mukobwa agira uburyo yerekanamo ko ashaka ko muryamana ntabwo ibi bimenyetso biba kuri buri mukobwa gusa abenshi babihuriyeho, abandi bo usanga harimo abikora ku misatsi, abifata ku kananwa, hari abanyunguta iminwa, ndetse hari n’abaseka cyane.

UMUSOZO!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa