skol
fortebet

Umukobwa yatandukanye n’umukunzi we ahita ashyingiranwa n’uwari kumubera Sebukwe

Yanditswe: Friday 08, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 24 yatandukanye n’umukunzi we ahitamo gushyingiranwa n’uwari kumubera sebukwe bitangaza benshi.

Sponsored Ad

Sydney ukomoka mu mujyi wa Ohio muri reta zunze ubumwe za Amerika yashyingiranwe n’uwari kumubera Sebukwe nyuma yo gutandukana n’umuhungu we.

Amakuru ahari avuga ko Sydney yatandukanye n’uyu musore bari barakundanye ubwo biganaga mu kigo cy’amashuri yisumbuye cyitwa Muei nyuma bakaza gutandukana.

Nyuma y’uko Sydney atandukanye n’uwari umukunzi we amakuru avuga ko yaje gukundana n’uwari kumubera Sebukwe bari barahujwe n’uwo musore ubwo yabasuraga ndetse umubano wabo ukaza kwaguka kugeza bashyingiranwe.

Uyu mubyeyi washyingiranwe n’umwana abyaye yari kubera Sebukwe ari mu kigero k’imyaka 51 ndetse akaba akora akazi ko gutwara ibinyabiziga.

Sydney avuga ko akunda umugabo we cyane ndetse ko ari nawe mugabo wambere baryamanye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa