skol
fortebet

IMENYESHA RY’IYEGERANYA N’IGABANYA RY’UMUTUNGO

author-image

Yanditswe na: ISHIMWE JANE
Kuwa: Thursday 16, Feb 2023

Sponsored Ad

skol

Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 31/01/2023 Koperative zitwa Kotemonya iherereye Kibeho, Coomonya iherereye Tare, Dukoranumurava iherereye Nyagisozi, Koduwagi iherereye Ndora, Intamwe Mtard iherereye Ngoma ,Cottamohu iherereye Ngoma,Cootamonya iherereye Gasaka ndetse na Cotranya iherereye Gasaka ziri mw’iyegeranya n’igabanya ry’umutungo wazo.
Aramenyesha kandi abantu bose bafite aho bahuriye n’izi koperatize zavuzwe haruguru haba (…)

Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 31/01/2023 Koperative zitwa Kotemonya iherereye Kibeho, Coomonya iherereye Tare, Dukoranumurava iherereye Nyagisozi, Koduwagi iherereye Ndora, Intamwe Mtard iherereye Ngoma ,Cottamohu iherereye Ngoma,Cootamonya iherereye Gasaka ndetse na Cotranya iherereye Gasaka ziri mw’iyegeranya n’igabanya ry’umutungo wazo.

Aramenyesha kandi abantu bose bafite aho bahuriye n’izi koperatize zavuzwe haruguru haba abanyamigabane bazo barimo imyenda, abo zibereyemo imyenda ndetse n’abandi kuyandikisha aho ubishinzwe akorera i Kigali k Muhanda KN 2 Ave ugana ahahoze Gereza ya Nyarugenge(1930) imbere y’inyubako yitwa Muhima Investment Company(MIC) mu Karere ka Nyarugenge bitarenze Tariki ya 24/02/2023.

Wifuza ibindi bisobanuro yasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se agahamagara kuri: +250783000612.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa