Amatangazo
Itangazo: BUKURU RUGWIZA Benoit yasabye guhindura amazina akitwa JEAN BENOIT BUKURU
Yanditswe: Friday 02, Sep 2022
Uwitwa BUKURU RUGWIZA Benoit yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa JEAN BENOIT BUKURU mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari amazina ari kuri Passport.
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi:
Uwitwa BUKURU RUGWIZA Benoit yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa JEAN BENOIT BUKURU mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari amazina ari kuri Passport.
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *