skol

Itangazo: IMENYESHA RY’IYEGERANYA N’IGABANYA RY’UMUTUNGO

Yanditswe: Friday 09, Jun 2023

Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 06/06/2023 ,Koperative yitwa COTAMOGA(GASANGE) iri mw’iyegeranya n’igabanya ry’umutungo wayo.
Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo arasaba abo ibereyemo imyenda kwihutira kwiyandikisha imyenda yabo aho Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo akorera i Kigali Akarere ka Nyarugenge ,mu Kiyovu mu nyubako ya EPR .Aranasaba kandi ufite uumutungo wizo koperative kuwumugezaho bitarenze taiki ya (…)

Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 06/06/2023 ,Koperative yitwa COTAMOGA(GASANGE) iri mw’iyegeranya n’igabanya ry’umutungo wayo.

Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo arasaba abo ibereyemo imyenda kwihutira kwiyandikisha imyenda yabo aho Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo akorera i Kigali Akarere ka Nyarugenge ,mu Kiyovu mu nyubako ya EPR .Aranasaba kandi ufite uumutungo wizo koperative kuwumugezaho bitarenze taiki ya 14/06/2023.
Aramenyesha nanone abanyamigabane bayo barimo imyenda kwishyura mbere y’itariki yavuzwe mu itangazo ,bazamenyeshwa inama yabo ibireba nyuma y’iyandikisha.

Wifuza ibindi bisobanuro yasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se agahamagara kuri:+025788307589 cyangwa se +025783027017.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa