Patric Muyaya yavuze ko ibyo AFC/m23 ivuga byose ari ikinamico asaba ingabo z’u Rwanda #rdf ndetse na #m23 kuva ku butaka bwa Congo bitaba ibyo hagafatwa ibihano, yanavuze amagambo akomeye cyane kuri Perezida Kagame ko asanzwe yica amasezerano kandi ko yaba afite inyungu mu mutekano muke uri muri #Congo. TUBANE MU KIGANIRO.
Amavidewo
Congo iteye utwatsi ibintu byose AFC/M23 yasabye kugirango ive #Uvira - Ibintu bihunduye isura
Yanditswe na: Emmy
Kuwa: Wednesday 17, Dec 2025
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *