Theo Bosebabireba avuga ko asabwa arenga miliyoni n’igice by’amafaranga y’u Rwanda buri kwezi kandi ibyo akaba abimazemo umwaka urenga. Ati: "Niba utanamfashije byibura nkorera ubuvugizi". Akomeza avuga ko hari abagerageje kumufasha ariko akaba agikeneye ubundi bufasha.
Bishop Gafaranga yafunguwe nyuma yo gukatirwa umwaka usubitse amaze guhamwa n’icyaha cyo guhoza undi ku nkeke.
Amavubi yatsinzwe na Benin abura itike yo kujya mu gikombe cy’isi. ariko se azira iki? Bimwe mu bibazo bikomeye biyabamo bitaya bivugwa.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *