skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

AFC/M23 yashyize Umujyi wa Uvira mu maboko y’umuryango mpuzamahanga

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryashyize Umujyi wa Uvira mu maboko y’umuryango mpuzamahanga, riwusaba kubungabunga umutekano...
16 January 2026 Yasuwe: 410 0

Microsoft na Meta byasinye amasezerano yo kwishyura amakuru bikura kuri Wikipedia

Ibigo by’ikoranabuhanga bikomeye mu Isi, birimo Microsoft, Meta na Amazon byasinye amasezerano na Wikimedia Foundation yo kwishyura amakuru bikura kuri Wikipedia mu gutoza porogaramu zabyo...
15 January 2026 Yasuwe: 253 0

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Umuyobozi wa GX Foundation ku byateza imbere ubuvuzi

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, Leung Chun-Ying, byagarutse ku mahirwe y’imikoranire mu guteza imbere urwego rw’ubuzima mu Rwanda.
15 January 2026 Yasuwe: 275 0

Burundi: Umunyamakuru yakatiwe igifungo cy’imyaka ine azira ubutumwa bwa WhatsApp

Urukiko Rwisumbuye rwa Ngozi mu Burundi rwakatiye umunyamakuru Sandra Umuhoza igifungo cy’imyaka ine nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kubangamira ubusugire bw’igihugu no kubiba amacakubiri.
15 January 2026 Yasuwe: 592 0

Perezida Trump yongeye gushimangira ko akeneye kwigarurira Greenland

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yongeye gushimangira ko igihugu cye gikeneye ikirwa cya Greenland gikungahaye ku mutungo kamere, kuko abona Danmark itakiri iyo kwizerwa mu...
15 January 2026 Yasuwe: 463 0

Ibigo bikorera mu Rwanda byategetswe guhuza serivisi y’akanyenyeri

Urwego Ngenzura Mikorere (RURA) rwategetse ibigo byose byaba ibya leta n’iby’abikorera ko bitarenze ku wa 15 Gashyantare 2025 bigomba kuba byashyizeho code zizwi nka USSD (akanyenyeri) zihuriweho...
15 January 2026 Yasuwe: 584 0

Amerika yatangiye kugurisha peteroli ya Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kugurisha peteroli ya Venezuela, aho mu cyiciro cya mbere cy’iyashyizwe ku isoko yakuyemo miliyoni 500$.
15 January 2026 Yasuwe: 533 0

Urukiko rwa Loni rwanze ibyo gufungura Musema wahamijwe uruhare muri Jenoside

Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwateye utwatsi icyifuzo cy’Umunyarwanda Musema Alfred warusabye gufata umwanzuro wo kumufunguza mbere...
15 January 2026 Yasuwe: 470 0

RBC yatangaje ko umuti urinda kwandura SIDA wa Lenacapavir uzatangira gukoreshwa muri uyu mwaka wa 2026

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo gutangira gutanga umuti wa Lenacapavir Yeztugo, urinda kwandura Virusi itera Sida wa Lenacapavir mu gihembwe cya nyuma...
15 January 2026 Yasuwe: 562 0

Trump yagaragaje Zelenskyy nk’intambamyi ku guhagarika intambara ya Ukraine

Donald Trump yatangaje ko Volodymyr Zelenskyy uyobora Ukaine ari we ntambamyi ikomeye ku masezerano y’amahoro agamije guhagarika intambara amaze imyaka hafi ine ahanganyemo n’u Burusiya.
15 January 2026 Yasuwe: 392 0