skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Perezida Trump yavuze ko azagira uruhare mu gushyiraho uzayobora Iran

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
5 March 2026 Yasuwe: 90 0

U Rwanda rwamaganye Leta ya RDC yarushinje guhungabanya amahoro mu karere

Imbere y’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu, u Rwanda rwamaganye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarushinje gusubiza inyuma umuco...
5 March 2026 Yasuwe: 79 0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Iran bisubiyeho

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Iran bateye isaruti ubwo baririmbaga indirimbo yubahiriza igihugu cyabo mbere y’umukino w’Igikombe cya Aziya bahuyemo na Australia yakiriye irushanwa,...
5 March 2026 Yasuwe: 102 0

Amerika ivugwaho gushaka gukoresha Aba-Kurdes barwanya Leta ya Iran

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravugwaho umugambi wo gukoresha imitwe yitwaje intwaro y’Aba-Kurdes mu rugamba rwo ku butaka muri Iran, ibishobora gutuma intambara ihanganishije impande zombi...
5 March 2026 Yasuwe: 182 0

Algeria: Indege ya gisirikare yahanutse ihitana babiri

Indege y’igisirikare cya Algeria kirwanira mu kirere yahanutse ikimara guhaguruka mu kigo cya gisirikare cya cy’ingabo zirwanira mu kirere cya Boufarik, ihitana babiri mu itsinda riyitwara.
5 March 2026 Yasuwe: 177 0

Touadera yasabye Putin gufasha igihugu cye mu by’ingufu

Perezida wa Repubulika ya Centrafrique yashimiye Uburusiya kuri uyu wa kane ku bufasha mu by’umutekano kandi asaba mugenzi we Vladimir Putin gufasha igihugu cye gukemura ibibazo bikomeye by’ingufu.
5 March 2026 Yasuwe: 253 0

Guverinoma ya Ethiopia irashinjwa kwitegura indi ntambara muri Tigray

Muri Tigray, mu majyaruguru ya Ethiopia, umwuka w’intambara ukomeje kwiyongera. Mu magambo atangaje, umuyobozi mukuru muri aka karere yashinje guverinoma kwitegura “gutangiza intambara nshya muri...
5 March 2026 Yasuwe: 164 0

Iran yarashe icyicaro cy’inyeshyamba z’Aba-Kurde muri Irak

Igisirikare cya Iran cyatangaje ko cyarashe icyicaro gikuru cy’inyeshyamba z’Aba-Abakurde b’Abanya-Iran mu majyaruguru ya Irak, ibigaragara nko gukaza ibitero ku turere tw’Aba-Kurde haba muri Iran...
5 March 2026 Yasuwe: 639 0

Lewis Hamilton yashyize u Rwanda mu bihugu yifuzamo ‘Formula 1’

Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yahishuye ko mu bihugu 10 bya Afurika amaze gusura yatura mu Rwanda, ndetse arushyira mu byo yifuza ko byakwakira amarushanwa yo...
5 March 2026 Yasuwe: 194 0

Impamvu inzu zitadutwe mu Buyapani zikomeje kwiyongera

Mu gihe mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, kwiyubakira inzu biri mu bikorwa by’indashyikirwa umuntu aba agezeho, bijyanye n’ibibazo by’amacumbi bigaragara, mu bindi bihugu si ko bimeze, ahubwo...
5 March 2026 Yasuwe: 441 0