Guverinoma ya Zambia yatangaje ko igifite umugambi wo gushyingura Edgar Lungu wahoze ari Perezida w’iki gihugu, ibintu umuryango we ukomeje kwamaganira kure.
Abanya-Afghanistan 1,100 bafashije Amerika mu ntambara leta ya Donald Trump ishaka kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babiteye utwatsi, bagaragaza ko badashaka koherezwa muri...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb. Jean de Dieu Uwihanganye, yateguje Abaturarwanda kwitwara nk’abari mu bihe bidasanzwe kubera intambara yo mu Burasirazuba bwo hagati,...
Umuhanga mu by’amategeko akaba n’umwe mu baharanira ubumwe bwa Afurika, Prof. Patrick Loch Otieno Lumumba, yashimye Leta y’u Rwanda yashoboye gushyira ku murongo igihugu cyari cyarasenywe na...
Ku wa 21 no ku wa 22 Mata 2026, abasirikare n’abapolisi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakorera muri Komini ya Makala i Kinshasa barasanye bikomeye.
Umwe mu ntumwa zidasanzwe za Leta Zunze Ubumwe za Amerika woherejwe na Donald Trump yasabye Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru FIFA ko ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani yasimbura iya Iran...