Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravugwaho umugambi wo gukoresha imitwe yitwaje intwaro y’Aba-Kurdes mu rugamba rwo ku butaka muri Iran, ibishobora gutuma intambara ihanganishije impande zombi...
Perezida wa Repubulika ya Centrafrique yashimiye Uburusiya kuri uyu wa kane ku bufasha mu by’umutekano kandi asaba mugenzi we Vladimir Putin gufasha igihugu cye gukemura ibibazo bikomeye by’ingufu.
Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yahishuye ko mu bihugu 10 bya Afurika amaze gusura yatura mu Rwanda, ndetse arushyira mu byo yifuza ko byakwakira amarushanwa yo...
Mu gihe mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, kwiyubakira inzu biri mu bikorwa by’indashyikirwa umuntu aba agezeho, bijyanye n’ibibazo by’amacumbi bigaragara, mu bindi bihugu si ko bimeze, ahubwo...