Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo gikumira Abanyamerika bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya Ebola kiri guca ibintu muri iki gihugu cyo...
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yashinje Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) guhungabanya ubusugire bw’igihugu cye no kugaba "intambara"...
Agace ka Kiseke, gaherereye muri teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), kamaze kujya mu maboko y’abarwanyi ba Twirwaneho, bafatanyije...
Ibihugu icyenda byo ku Mugabane w’u Burayi byahuriye i Paris mu Bufaransa, byemeranya na Ukraine gushinga ihuriro rigamije gushimangira uburyo bwo kwirinda ibisasu bya misile zo mu bwoko bwa...