mutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uheruka gushinja u Rwanda kuba ari rwo rwawujyanye mu misozi...
Abayobozi b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bagiye guhurira i Arusha muri Tanzania, mu nama ya 25 isanzwe y’abakuru b’ibihugu.
Ambasaderi w’u Rwanda mu Busuwisi no mu mashami y’Umuryango w’Abibumbye ari i Genève, Urujeni Bakuramutsa, yagaragaje ko umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi watewe n’ibibazo birimo...
Kuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yimuye abakozi badakenewe cyane n’imiryango yabo iri mu bihugu bitandatu harimo na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu...
Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yishimiye ibihano Leta Zunze Ubumwe za America zafatiye Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abasirikare bakuru.