Umuyobozi Mukuru wa Open AI, Sam Altman, yatangaje ko yagiranye amasezerano na Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ryahanzwe...
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 ari byo bimaze kurandura kwanduza umwana SIDA na Mburugu biturutse ku mubyeyi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye gifite uruhare rutaziguye kandi rukomeye mu bitero ingabo za Israel zabyutse zigaba mu bice bitandukanye bya Iran.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo za Leta zatsindiwe mu gace ka Kawele kari hafi ya santere ya Rubaya, zitwika inzu z’abaturage.