Ambasaderi w’u Rwanda Wungirije mu Muryango w’Abibumbye (Loni) Kayinamura Robert yatangaje ko nta nzira yizewe iganisha ku mahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari ishobora kubaho hatabanje kubaho guca...
Abaminisitiri b’imari baturutse muri Kenya, u Rwanda na Uganda bemeye gushyira imbere gushakira amafaranga umushinga wadindiye w’iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi wa Standard Gauge Railway...
Igipolisi cyavuze ko uyu mugore witwaje icyuma yarashwe n’abapolisi hanze y’iduka rya Walmart muri Leta ya Nebraska yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo gushimuta umwana.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye muri Tammy K. Bruce uzihagarariye muri Loni, zibukije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gusenya umutwe wa FDLR nk’uko zibisabwa n’amasezerano ya...
Perezida wa Amerika, Donald Trump, yashyize hanze ifoto yakozwe hifashishijwe ubwenge buhangano, imugaragaza yahobewe na Yezu hafi yo kuba mu gituza cye, yongera kuvugisha benshi nyuma y’iyo yari...
Ibiganiro by’amahoro byahurije intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 mu Busuwisi byatangiranye amahane ku wa 13 Mata 2026.
Umusore w’imyaka 18 wari witwaje imbunda yarashe abanyeshuri biga ku ishuri ryisumbuye yizeho, riherereye mu majyepfo y’u Burasirazuba bwa Turukiya mu gace ka Siverek, mu Ntara ya Sanliurfa,...