Kuri uyu wa 22 Mata 2026, i Kampala muri Uganda, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga, Dr. Usta Kaitesi, afatanyije na John Mulumba, basoje ku mugaragaro inama ya 12 ya Komisiyo...
Depite wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Wilson, yagaragaje ko Abanyamulenge bafite impamvu zifatika zo kugaragaza impungenge ku mutekano mucye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Ibirwa bya Seychelles, Maurice na Madagascar byanze ko indege ya Perezida Lai Ching-te wa Taiwan inyura mu kirere cyabyo, asubika uruzinduko yari afite muri Eswatini ku wa 24 Mata 2026 rwo...
Ku wa 21 Mata 2026, Bishop Harerimana wahoze ayobora Zeraphat Holy Church yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro mu iburanisha ryabereye mu ruhame, bitandukanye n’ibyabanje byibanze ku ifungwa...
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kiravugwaho gukaza ibitero nyuma y’iminsi micye Leta ya Kinshasa na AFC/M23 bivuye mu biganiro byatangaga ikizere mu Busuwisi.
Ibigo byose bya Leta byategetswe na Minisiteri y’Ibikorwa Remezo y’u Rwanda ko nibura 30% by’imodoka bigura zigomba kuba zikoresha amashanyarazi gusa. Mu ibaruwa y’Umunyamabanga wa Leta muri iyo...
kuri uyu wa 21 Mata 2026, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu icyenda bibumbiye mu matsinda abiri bose bahuriye ku gukora ubwambuzi bushukana, bagatandukanira ku mayeri...