Perezida wa Repubulika ya Centrafrique yashimiye Uburusiya kuri uyu wa kane ku bufasha mu by’umutekano kandi asaba mugenzi we Vladimir Putin gufasha igihugu cye gukemura ibibazo bikomeye by’ingufu.
Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yahishuye ko mu bihugu 10 bya Afurika amaze gusura yatura mu Rwanda, ndetse arushyira mu byo yifuza ko byakwakira amarushanwa yo...
Mu gihe mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, kwiyubakira inzu biri mu bikorwa by’indashyikirwa umuntu aba agezeho, bijyanye n’ibibazo by’amacumbi bigaragara, mu bindi bihugu si ko bimeze, ahubwo...
Abagize Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena, bagaragaje ko gahunda yo gukoresha ikorababuhanga mu gucunga no gukurikirana abakurikiranyweho ibyaha yihutishwa mu rwego rwo kugabanya...
Kompanyi ikora ubwikorezi bwo mu kirere ya Ethiopia yatangaje ko iri guhomba nibura miliyoni 135 z’amadolari buri cyumweru nyuma yisubikwa ku ngendo zo mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati,...
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yayoboye umuhango wo kugerageza misile zo mu bwoko bwa “cruise” zageragejwe ziva ku bwato bushya bw’intambara bwa gisirikare bwo mu mazi bufite uburemere...
Televiziyo ya leta muri Iran imaze gutangaza ko amato yabo y’intambara yarashe ubwato bw’ubwikorezi bwa Amerika muri iki gitondo mu majyaruguru y’ikigobe cya Perse