Igisirikare cya Amerika cyemeje izina ry’umusirikare wa gatanu wishwe n’igitero cya ‘drone’ ya Iran yarashwe muri Kuwait mu minsi ya mbere y’iyi ntambara.
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza byashatse kubaka ibigo bya gisirikare mu gihugu cye zishaka gushyira imbaraga mu bufatanye ariko...
Mu gihugu cy’u Bwongereza abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho kuba intasi z’u Bushinwa, aho BBC yabwiwe ko umwe muri bo ari umufatanyabikorwa w’umudepite wo mu Ishyaka ry’Abakozi.
U Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere ahi litiro ya lisansi yagumye kuri 1.989 Frw mu gihe iya mazutu yageze...
Minisiteri y’Ingabo ya Turukiya yatangaje ko ubwirinzi bwo mu kirere bw’Umuryango wo Gutabarana uhuza ibihugu by’i Burayi na Amerika (NATO), bwasenye misile za balisitike zavaga muri Iran zigana...