Umusirikare wa Israel woherejwe ku rugamba mu majyepfo ya Liban, yagaragaye amenagura ikibumbano cy’ishusho ya Yezu yifashishije inyundo nini imena amabuye izwi nka ‘kinubi’.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gusuka ibisasu mu bice bigenzurwa n’umutwe witwaje intwaro wa M23 na MRDP-Twirwaneho iri mu ihuriro AFC, bigatwara ubuzima bw’abasivili...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, umaze iminsi aterana amagambo na Papa Léon XIV, agiye gusomera Abanyamerika imwe mu mirongo ya Bibiliya mu gikorwa kizitabirwa n’abandi...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, Mohammad Bagher Ghalibaf, yavuze ko hari “iterambere” mu biganiro na Amerika “ariko ko hari icyuho kinini kandi ingingo zimwe na zimwe zikiri kuganirwaho.”