Colonel Joseph Nganzo Olikwa Tipi wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yiciwe mu mirwano yasakiranyije FARDC n’abayifasha urugamba n’ihuriro rya Twirwaneho na AFC/M23.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, yanenze Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer inshuro eshatu mu masaha 24, kubera kwangira America gukoresha ibirindiro byo ku butaka bw’Igihugu...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Laker Kinyera wakoreraga muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yitabye Imana aguye mu Bitaro bya Mulago i Kampala.
Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran yabonye ishiriwe n’intwaro zo mu kirere, ku butaka, mu mazi n’ubuyobozi bwakuweho none itangiye gusaba ibiganiro amazi yarenze inkombe.
Ku nshuro ya mbere, inganda 32 zo mu Rwanda zujuje amabwiriza y’ubuziranenge ahuriweho ku rwego rw’Umugabane wa Afurika, zigiye guhabwa ibyambombwa bizemerera kohereza mu bihugu bya Afurika...
mutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uheruka gushinja u Rwanda kuba ari rwo rwawujyanye mu misozi...