skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Myanmar yababariye imfungwa zirenga ibihumbi 4,000 zirimo n’uwahoze ari Perezida

Myanmar yatangaje ko yahaye imbabazi imfungwa 4,335 zirimo n’uwahoze ari Perezida, Win Myint, wafunzwe nyuma yuko ahiritswe ku butegetsi mu 2021, mu gihe abandi boroherejwe ibihano barimo;...
17 April 2026 Yasuwe: 797 0

Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz mu minsi y’agahenge Yandits

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Seyed Abbas Araghchi yatangaje ko nyuma y’uko hemejwe agahenge ku ntambara iri kubera muri Liban, ubu ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bushobora...
17 April 2026 Yasuwe: 1130 0

U Burayi busigaranye amavuta y’indege yakora ibyumweru bitandatu gusa

U Burayi bufite ibyago byinshi byo kubura amavuta akoreshwa mu ndege ku buryo bishobora kudindiza ingendo zo mu mpeshyi kuva muri Kamena 2026.
17 April 2026 Yasuwe: 850 0

U Bufaransa bwamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Rouen

Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda yamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruherereye mu mujyi wa Rouen mu ntara ya Normandie.
17 April 2026 Yasuwe: 625 0

Tanzania: Abanya-Kenya icyenda batawe muri yombi bakekwaho gucuruza abantu

Leta ya Tanzania yataye muri yombi Abanya-Kenya icyenda bakora mu bwato bwitwa FV Sea Mfalme bukoreshwa mu burobyi, bakekwaho ibyaha byo gucuruza abantu.
17 April 2026 Yasuwe: 361 0

Leta ya RDC yashimangiye ko izatoranya Abanye-Congo iganira na bo

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashimangiye ko mu biganiro bigamije amahoro arambye muri iki gihugu, izatoranya abo igomba kuganira na bo n’abo kureka.
17 April 2026 Yasuwe: 833 0

U Burundi bwemeje ko Minisitiri w’Itumanaho yishwe n’impanuka

Guverinoma y’u Burundi yemeje ko Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru, Gabby Bugaga, yishwe n’impanuka mu rukerera rwo kuri uyu wa 16 Mata 2026.
16 April 2026 Yasuwe: 856 0

Nduhungirehe yashyikirije Perezida Kaïs Saïed wa Tunisia ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda, Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yagiriye uruzinduko muri Tunisia yakirwa na Perezida w’iki gihugu Kaïs Saïed, amushyikiriza ubutumwa...
16 April 2026 Yasuwe: 315 0

Bwa mbere mu mateka, FIFA yateguye igitaramo cy’umuziki mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryemeje ku nshuro ya mbere ko abahanzi bazataramira abafana hagati mu mukino w’umupira w’amaguru wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026, uzabera muri...
16 April 2026 Yasuwe: 551 0

Museveni yemereye buri Mudepite impano y’arenga miliyoni 40 Frw

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yemereye buri Mudepite uherutse gutorerwa kujya mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, impano ya miliyoni 100 z’Amashilingi (hafi miliyoni 40 Frw).
16 April 2026 Yasuwe: 909 0