Perezida wa Kenya arimo kunengwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma y’uko yanditse yamagana ibitero birimo gukorwa na Iran ku bihugu byo mu karere k’uburasirazuba bwo hagati.
Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru amasasu menshi yumvikaknye hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Burkina Faso ariko kugeza ubu ibirambuye ku byabaye ntibiramenyekana.
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yatangaje ko yihanganisha Iran nyuma y’urupfu rw’umutegetsi w’Ikirenga Ali Khamenei, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru TASS bya leta ya Moscow.
Umunyamabanga w’Inama Nkuru y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli babateye icyuma mu mutima nyuma yuko bishe Umuyobozi w’Ikirenga wabo, Ayatollah...
Perezida wa Uganda, yagaragarije urubyiruko uburyo yaciye mu rihumye inshuti ze na bagenzi be bari bariyeguriye inkumi we akiteza imbere mu buryo bufatika.
Urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), byamenyekanye ko rwari rumaze amezi menshi rugenda runono uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mbere y’uko yicwa ku...