Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Kiliziya Gatolika mu Rwanda, yagaragaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari icyasha gikomeye ku nyokomuntu n’umuryango nyarwanda, yerekana ko inzirakarengana...
Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro rya AFC/M23, byamenyekanye ko zizahurira mu Busuwisi ku wa Mbere tariki ya 13 Mata, gukomerezayo ibiganiro bya Doha impande...
Imibare y’abandura icyorezo cya choléra mu Burundi ikomeje kuzamuka bitewe ahanini no kutagira amazi meza ndese n’umwanda waturutse ku myuzure yibasiye iki gihugu mu minsi ishize.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ibinyoma biri mu bahuza ihanuka ry’indege yari itwaye Perezida Habyarimana ku ya 6 Mata 1994...
Ifatwa ry’umujyi wa Uvira ku itariki ya 10 Ukuboza 2025, ufatwa n’abarwanyi ba AFC/M23 ryahise rivana mu ntambara Ingabo z’u Burundi zoherejwe gufasha Ingabo za Congo, bituma hahita haba impinduka...
Leta ya Iran yemeje ko Umuyobozi w’Urwego rushinzwe ubutasi mu ngabo za Revolutionary Guards (IRGC), Gen Maj. Majid Khademi, yiciwe mu gitero cyo ku wa 6 Mata 2026.
Dennis Zziwa wiga mu mwaka wa kabiri mu Ishami ry’Amategeko muri Kaminuza ya Kampala International University, arembeye mu bitaro kubera inkoni yakubiswe, ubwo yari mu mukino yagaragayemo yigize...