skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Trump yemeje ko Amerika iri kurasa muri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye gifite uruhare rutaziguye kandi rukomeye mu bitero ingabo za Israel zabyutse zigaba mu bice bitandukanye bya Iran.
28 February 2026 Yasuwe: 689 0

Ingabo za Leta ya RDC zatsindiwe hafi ya Rubaya, zitwika inzu z’abaturage

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo za Leta zatsindiwe mu gace ka Kawele kari hafi ya santere ya Rubaya, zitwika inzu z’abaturage.
27 February 2026 Yasuwe: 1023 0

U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batashye bigobotoye FDLR

U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batahutse kuri uyu wa gatanu, bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bari barafashwe bugwate na FDLR.
27 February 2026 Yasuwe: 278 0

Abakora mu butabera basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kuburanisha abana

Abakora mu butabera cyane cyane ubw’abana, basabye ko hajyaho uburyo bwihariye bwo kuburanisha abana uhereye ku byumba by’inkiko kugera ku myambaro y’abashinjacyaha ndetse n’abacamanza mu rukiko.
27 February 2026 Yasuwe: 204 0

Pakistan yatangaje ko iri mu ntambara yeruye na Afghanistan

Minisitiri w’Ingabo wa Pakistan, Khawaja Muhammad yatangaje ko igihugu cyabo kiri mu ntambara yeruye na Afghanistan, nyuma y’uko iki gihugu cyari kimaze kugaba ibitero bitandukanye muri Pakistan.
27 February 2026 Yasuwe: 469 0

Burkina Faso: Umudipolomate wa Amerika yakatiwe gufungwa burundu azira gusambanya abana

Umugabo wo muri Amerika yahamijwe ibyaha birimo gusambanya abana b’abakobwa babiri batagejeje ku myaka y’ubukure, akatirwa igifungo cya burundu.
27 February 2026 Yasuwe: 341 0

Gaza: Abantu batanu baguye mu bitero by’indege za Isiraheli

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare, Ingabo zo muri Gaza zatangaje ko ibitero by’indege za Isiraheli byahitanye abantu bagera kuri batanu, bikaba ari mu gihe kuva mu Ukwakira 2025, hari...
27 February 2026 Yasuwe: 260 0

Bazivamo na Ambasaderi wa EU mu Rwanda baganiriye ku bufatanye mu iterambere

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango RPF-Inkotanyi, Bazivamo Christophe, ku wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026 yahuye n’Uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu Rwanda Belen Calvo Uyarra,...
27 February 2026 Yasuwe: 191 0

M23 yishe Colonel Ukwishaka wari mu bayobozi bakuru ba FDLR

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko ingabo z’umutwe wa AFC/M23 zishe Colonel Ukwishaka Nouvelle wari umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa FDLR.
27 February 2026 Yasuwe: 2127 0

Biravugwa ko Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 yamaze gushyingurwa

Amakuru aravuga Lt Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23 uherutse kwicwa arasiwe mu gitero cya Drone za FARDC hafi y’agace ka Rubaya, yamaze gushyingurwa mu mashyamba yo muri...
27 February 2026 Yasuwe: 1709 0