skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

U Bushinwa: Umukoresha yahaye abakozi be asaga miliyari 37 Frw mu birori bisoza umwaka

Umushinwa Cui Peijun, akaba na nyiri Sosiyete Henan Kuangshan Crane ikora ibikoresho birimo n’iby’ubwubatsi, akomeje kugarukwaho cyane mu itangazamakuru mpuzamahanga nyuma yo gutungura abakozi be...
28 February 2026 Yasuwe: 303 0

Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 ari byo bimaze kurandura kwanduza umwana SIDA na Mburugu biturutse ku mubyeyi.
28 February 2026 Yasuwe: 284 0

Iran yasubije bitero bya Israel

Umutwe w’ingabo zidasanzwe za Iran, IRGC, watangaje ko uri kugaba igitero cya misile na drones muri Israel mu rwego rwo kwihorera.
28 February 2026 Yasuwe: 1220 0

Trump yemeje ko Amerika iri kurasa muri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye gifite uruhare rutaziguye kandi rukomeye mu bitero ingabo za Israel zabyutse zigaba mu bice bitandukanye bya Iran.
28 February 2026 Yasuwe: 708 0

Ingabo za Leta ya RDC zatsindiwe hafi ya Rubaya, zitwika inzu z’abaturage

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo za Leta zatsindiwe mu gace ka Kawele kari hafi ya santere ya Rubaya, zitwika inzu z’abaturage.
27 February 2026 Yasuwe: 1033 0

U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batashye bigobotoye FDLR

U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batahutse kuri uyu wa gatanu, bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bari barafashwe bugwate na FDLR.
27 February 2026 Yasuwe: 289 0

Abakora mu butabera basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kuburanisha abana

Abakora mu butabera cyane cyane ubw’abana, basabye ko hajyaho uburyo bwihariye bwo kuburanisha abana uhereye ku byumba by’inkiko kugera ku myambaro y’abashinjacyaha ndetse n’abacamanza mu rukiko.
27 February 2026 Yasuwe: 218 0

Pakistan yatangaje ko iri mu ntambara yeruye na Afghanistan

Minisitiri w’Ingabo wa Pakistan, Khawaja Muhammad yatangaje ko igihugu cyabo kiri mu ntambara yeruye na Afghanistan, nyuma y’uko iki gihugu cyari kimaze kugaba ibitero bitandukanye muri Pakistan.
27 February 2026 Yasuwe: 472 0

Burkina Faso: Umudipolomate wa Amerika yakatiwe gufungwa burundu azira gusambanya abana

Umugabo wo muri Amerika yahamijwe ibyaha birimo gusambanya abana b’abakobwa babiri batagejeje ku myaka y’ubukure, akatirwa igifungo cya burundu.
27 February 2026 Yasuwe: 347 0

Gaza: Abantu batanu baguye mu bitero by’indege za Isiraheli

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare, Ingabo zo muri Gaza zatangaje ko ibitero by’indege za Isiraheli byahitanye abantu bagera kuri batanu, bikaba ari mu gihe kuva mu Ukwakira 2025, hari...
27 February 2026 Yasuwe: 269 0