Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 ari byo bimaze kurandura kwanduza umwana SIDA na Mburugu biturutse ku mubyeyi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye gifite uruhare rutaziguye kandi rukomeye mu bitero ingabo za Israel zabyutse zigaba mu bice bitandukanye bya Iran.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo za Leta zatsindiwe mu gace ka Kawele kari hafi ya santere ya Rubaya, zitwika inzu z’abaturage.
U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batahutse kuri uyu wa gatanu, bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bari barafashwe bugwate na FDLR.
Minisitiri w’Ingabo wa Pakistan, Khawaja Muhammad yatangaje ko igihugu cyabo kiri mu ntambara yeruye na Afghanistan, nyuma y’uko iki gihugu cyari kimaze kugaba ibitero bitandukanye muri Pakistan.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare, Ingabo zo muri Gaza zatangaje ko ibitero by’indege za Isiraheli byahitanye abantu bagera kuri batanu, bikaba ari mu gihe kuva mu Ukwakira 2025, hari...