skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Trump byakekwaga ko arembye yagaragaye ari mutaraga

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’uko hari hamaze iminsi hari amakuru avuga ko arembye cyane.
6 April 2026 Yasuwe: 499 0

Amerika: Urwego rurinda perezida ruri gukora iperereza ku masasu yumvikaniye hafi ya White House

Urwego rw’Amerika rucunga umutekano wa perezida n’abandi bategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo hejuru – rwitwa US Secret Service – rurimo gukora iperereza ku rusaku rw’amasasu rwumvikanye...
6 April 2026 Yasuwe: 500 0

Umuhanzi Shallipopi agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo gikomeye cyateguwe na SKOL Malt na Bank ya Kigali

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria Crown Uzama uzwi cyane mu muziki nka Shallipopi wamamaye mu ndirimbo zikunzwe n’urubyiruko hirya no hino muri Afurika, yatangajwe nk’umuhanzi mukuru w’igitaramo...
5 April 2026 Yasuwe: 256 0

Gushinga Nyatura, kuba intasi ya FDLR n’umubano wayo na Tshisekedi- Col Bora yahishuye byinshi

Col (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Col Bora mu buyobozi bwa FDLR kuri ubu akaba yaratashye mu Rwanda, yasobanuye ko ari we washinze umutwe witwaje intwaro wa Nyatura ugizwe...
2 April 2026 Yasuwe: 620 0

FERWAFA yigaramye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bakoze ibitari byemewe ubwo bamwe muri bo bazanaga abana babo mu kibuga nyuma yo gutsinda.
2 April 2026 Yasuwe: 981 0

Senateri Evode yabwiye Minisitiri ufite amatungo mu nshingano ko hari ibintu bisa no kubaragira

Senateri Dr Charles Muligande yibuka ko ubwo yari akiri muri Guverinoma, uwari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yavuze ko bagiye kubaka ubuhunikiro bw’imyaka bwa toni ibihumbi 20.
2 April 2026 Yasuwe: 807 0

RDC yatanze Umwongereza washinjwaga uruhare mu gushaka guhirika Tshisekedi

Mu ijoro ryo ku itariki ya 19 Gicurasi 2024, itsinda ry’abakomando bipfutse mu maso binjiye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashaka kumuhirika, nyuma yo gutera...
1 April 2026 Yasuwe: 677 0

Ruswa iravuza ubuhuha I Jabana (Ubuhamya bwa DC Clement)

Niyigaba Clement yavuze ko yahaye abitwa abahigi 900,000 Frw noneho ushinzwe imiturire mu murenge arabimenya ararakara cyane. Yahise ahuruza inzego kuva ku Karere ka Gasabo baza gusenya nta...
1 April 2026 Yasuwe: 819 0

Abirukanywe bazira iperereza bakoze kuri Trump batanze ikirego

Abakozi batatu bahoze bakorera Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bishinzwe iperereza, FBI batanze ikirego mu rukiko bavuga ko birukanwe mu kazi mu buryo bwo kubihimuraho, kubera uruhare...
1 April 2026 Yasuwe: 417 0

Papa Léo XIV yasabye Trump kurangiza intambara yo muri Iran mbere ya Pasika

Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léo XIV, yasabye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kurangiza intambara yo muri Iran mbere y’uko Pasika igera, kuko ikomeje...
1 April 2026 Yasuwe: 289 0