Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’uko hari hamaze iminsi hari amakuru avuga ko arembye cyane.
Urwego rw’Amerika rucunga umutekano wa perezida n’abandi bategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo hejuru – rwitwa US Secret Service – rurimo gukora iperereza ku rusaku rw’amasasu rwumvikanye...
Col (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Col Bora mu buyobozi bwa FDLR kuri ubu akaba yaratashye mu Rwanda, yasobanuye ko ari we washinze umutwe witwaje intwaro wa Nyatura ugizwe...
Senateri Dr Charles Muligande yibuka ko ubwo yari akiri muri Guverinoma, uwari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yavuze ko bagiye kubaka ubuhunikiro bw’imyaka bwa toni ibihumbi 20.
Mu ijoro ryo ku itariki ya 19 Gicurasi 2024, itsinda ry’abakomando bipfutse mu maso binjiye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashaka kumuhirika, nyuma yo gutera...
Niyigaba Clement yavuze ko yahaye abitwa abahigi 900,000 Frw noneho ushinzwe imiturire mu murenge arabimenya ararakara cyane. Yahise ahuruza inzego kuva ku Karere ka Gasabo baza gusenya nta...
Abakozi batatu bahoze bakorera Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bishinzwe iperereza, FBI batanze ikirego mu rukiko bavuga ko birukanwe mu kazi mu buryo bwo kubihimuraho, kubera uruhare...
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léo XIV, yasabye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kurangiza intambara yo muri Iran mbere y’uko Pasika igera, kuko ikomeje...