Perezida wa Uganda, yagaragarije urubyiruko uburyo yaciye mu rihumye inshuti ze na bagenzi be bari bariyeguriye inkumi we akiteza imbere mu buryo bufatika.
Urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), byamenyekanye ko rwari rumaze amezi menshi rugenda runono uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mbere y’uko yicwa ku...
Inzego z’Ubuyobozi muri Kenya zatangaje ko mu mpanuka y’indege yabereye muri iki gihugu yaguyemo abantu batandatu hari harimo n’umudepite, Johana Ng’eno.
Intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashoje kuri Iran ikomeje gufata indi ntera, aho kuri ubu Ingabo za Iran zigambye ko zarashe missile enye ku bwato bw’intambara bwa Amerika buri mu...
Amabombe akomeje kuvuza ubuhuha kuri iki Cyumweru nyuma y’uko kuwa Gatandatu, itariki 28 Gashyantare 2026, saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa...
Ibihumbi by’abaturage bateraniye rwagati mu murwa mukuru wa Iran kunamira Umuyobozi w’Ikirenga Ayatollah Ali Khamenei wiciwe mu gitero kinini cyatangijwe na Amerika na Israel kuwa Gatandatu.
Imiryango y’Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi yareze uwahoze ari Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sylvain Ekenge mu rukiko mpanabyaha mpuzamahanga (ICC)...