Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2026, umunyamakuru wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yatawe muri yombi, aho afungiye kuri sitasiyo ya...
Imirwano ikaze yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 1 Mata, mu mujyi wa Shoa, uherereye mu Murenge wa Osso Banyungu wo muri Teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu...
Perezida wa Repubulika ya Central Africa, Prof. Faustin-Archange Touadéra, yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda nshya maze ashimira byimazeyo umusanzu w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) mu kugarura...
Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, ihuriro ry’ingabo zishyigikiye ubutegetsi bwa Kinshasa ririmo FARDC, FDLR, imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo, abacanshuro...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yafunguye Brig Gen Johnson Namanya nyuma yo guhura na we akamuhanaguraho ibyaha byose yari akurikiranweho.
Abana ba Juvénal Habyarimana barangajwe imbere na Jean Luc Habyarimana, bamaze iminsi bagaragara mu bikorwa bakorana inkundura bagamije gutagatifuza umubyeyi wabo, ku buryo hari n’aho bigera...
Somaliland yatangaje ko yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar mu gihe yaba yirukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump, kubera ibyaha ashinjwa.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimiye u Rwanda uko rwakiriye neza amatsinda abiri ya FIFA Series 2026.