skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Abasirikare bane ba Israel biciwe muri Liban

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare bane baguye mu mirwano mu majyepfo ya Liban aho ingabo zayo zihanganye na Hezbollah ishyigikiwe na Iran.
31 March 2026 Yasuwe: 587 0

Kenya na Mozambique bagiranye amasezerano yo ’kurwanya iterabwoba’

Perezida wa Kenya William Ruto na Perezida wa Mozambique Daniel Chapo basinye amasezerano menshi arimo n’ay’umutekano “azakomeza cyane” ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, nkuko minisiteri...
31 March 2026 Yasuwe: 293 0

Uganda: Abasirikare bakuru 20 bafunzwe ku itegeko rya Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yategetse ko abasirikare 20 bo mu cyiciro cy’Abofisiye bakuru batabwa muri yombi kubera ibyaha bya ruswa bakekwaho n’imyitwarire idahwitse.
30 March 2026 Yasuwe: 1099 0

AFC/M23 yatangaje amazina n’umubare w’abahitanywe n’ibindi bitero byakoranywe ubugome ndengakamere

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ibitero byagabwe n’uruhande bahanganye mu gace ka Shanji muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Epfo, byahitanye abaturage b’inzirakarengane barindwi, rinatangaza...
30 March 2026 Yasuwe: 1552 0

Ruhango: Umusore w’imyaka 22 yatewe icyuma, batatu batabwa muri yombi

Umusore w’imyaka 22 witwa Iyamuremye Erier yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 29 Werurwe 2026, nyuma yo guterwa icyuma n’abantu bakekwaho kugirana amakimbirane mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango.
30 March 2026 Yasuwe: 722 0

Mu Rwanda abanyeshuri 61% ni bo biga mu mashuri ajyanye n’imyaka yabo

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ko mu ibirura yakoze mu mpera z’umwaka w’amashuri 2024/2025, ryerekanye ko nubwo abana benshi bagejeje igihe cyo kwiga bitabira ishuri mu gihugu...
30 March 2026 Yasuwe: 252 0

FARDC yakomeje kurasa mu bice bituwe cyane i Minembwe

Kuri iki Cyumweru, iitariki 29 Werurwe 2026 hagati ya saa 20h45 na 7h00 za mugitondo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Werurwe 2026, ihuriro rya Kinshasa ryateye ibisasu bitarobanura hakoreshejwe...
30 March 2026 Yasuwe: 577 0

Tshisekedi yijeje abanye-Congo ko Amerika igiye kumwubakira ‘igisirikare karahabutaka’

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yijeje abaturage b’igihugu cye ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye kubaha ubufasha burimo kububakira igisirikare...
30 March 2026 Yasuwe: 790 0

Iran yemeje ko Komanda w’ingabo zirwanira mu mazi yishwe

Umutwe w’ingabo za Iran, Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), wemeje urupfu rwa komanda w’ishami ryawo rirwanira mu mazi, Alireza Tangsiri, nyuma y’iminsi ine Israel itangaje ko yamwishe mu...
30 March 2026 Yasuwe: 631 0

Umugore yakubise umugabo wanze ko baryamana

Polisi yo muri Mexico yataye muri yombi umugore w’imyaka 25 witwa Sara Michelle, ukekwaho gukubita umugabo bakundanaga witwa Martín Octavio, nyuma y’amakimbirane yabereye mu rugo.
30 March 2026 Yasuwe: 1390 0