Igisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare bane baguye mu mirwano mu majyepfo ya Liban aho ingabo zayo zihanganye na Hezbollah ishyigikiwe na Iran.
Perezida wa Kenya William Ruto na Perezida wa Mozambique Daniel Chapo basinye amasezerano menshi arimo n’ay’umutekano “azakomeza cyane” ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, nkuko minisiteri...
Umusore w’imyaka 22 witwa Iyamuremye Erier yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 29 Werurwe 2026, nyuma yo guterwa icyuma n’abantu bakekwaho kugirana amakimbirane mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango.
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ko mu ibirura yakoze mu mpera z’umwaka w’amashuri 2024/2025, ryerekanye ko nubwo abana benshi bagejeje igihe cyo kwiga bitabira ishuri mu gihugu...
Kuri iki Cyumweru, iitariki 29 Werurwe 2026 hagati ya saa 20h45 na 7h00 za mugitondo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Werurwe 2026, ihuriro rya Kinshasa ryateye ibisasu bitarobanura hakoreshejwe...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yijeje abaturage b’igihugu cye ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye kubaha ubufasha burimo kububakira igisirikare...
Umutwe w’ingabo za Iran, Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), wemeje urupfu rwa komanda w’ishami ryawo rirwanira mu mazi, Alireza Tangsiri, nyuma y’iminsi ine Israel itangaje ko yamwishe mu...