Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yageze i Malabo, muri Guinée Equatoriale, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 11 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bahuriye mu Muryango w’Ibihugu bya...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gusaba ko ingabo z’u Rwanda ziva ku butaka bwayo, ishimangira ko bikwiye gukorwa byihuse mu rwego rwo kubahiriza ubusugire...
Nyuma y’uko umunyeshuri wigaga muri RP Tumba College apfuye bikekwa ko yiyahuye, Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph yavuze ko hari gutegurwa uburyo bwo gutangiza ubujyanama mu mashuri...
Aruba yanyagiye Macau ibitego 4-1, mu mukino wa mbere w’irushanwa rya gicuti ritegurwa n’Ishyirahamwe ry Ruhago ku Isi (FIFA) rya FIFA Series 2026, riri kubera i Kigali.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko kugira ngo intambara ihagarare ndetse bakomeze kurindirwa umutekano na nyuma yayo, bagomba guharira...
Zimbabwe yatangaje ko abaturage bayo 15 bishwe nyuma yo guhabwa akazi ko kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine, abarenga 60 bakaba bakiri ku rugamba.