skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

U Rwanda rwanenze u Burundi bwapfubije kandidatire ya Macky Sall wifuza kuyobora Loni

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze u Burundi buyoboye Umuryango w’Afurika Yunze ubumwe (AU), bwananiwe gushaka ubufasha bw’Afurika yose mu...
28 March 2026 Yasuwe: 785 0

Minisitiri w’Intebe yageze i Malabo aho azahagararira Perezida Kagame mu nama ya OACPS

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yageze i Malabo, muri Guinée Equatoriale, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 11 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bahuriye mu Muryango w’Ibihugu bya...
28 March 2026 Yasuwe: 166 0

Imbamutima z’umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo gutsinda Grenada

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Stephen Constantine, yashimiye abakinnyi banyagiye Grenada ibitego 4-0, ababwira ko nta gusubira inyuma kuko ari intangiriro z’Amavubi mashya.
28 March 2026 Yasuwe: 516 0

RDC yasabye LONI gukura ingabo z’u Rwanda ku butaka bwayo

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gusaba ko ingabo z’u Rwanda ziva ku butaka bwayo, ishimangira ko bikwiye gukorwa byihuse mu rwego rwo kubahiriza ubusugire...
27 March 2026 Yasuwe: 1250 0

MINEDUC iri kuvuguta umuti w’ikibazo cy’abanyeshuri biyahura

Nyuma y’uko umunyeshuri wigaga muri RP Tumba College apfuye bikekwa ko yiyahuye, Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph yavuze ko hari gutegurwa uburyo bwo gutangiza ubujyanama mu mashuri...
27 March 2026 Yasuwe: 390 0

Amerika yatangiye gukoresha ubwato bwa drone mu ntambara na Iran

Minisiteri y’intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zatangiye gukoresha ubwato bwitwara mu ntambara ya Iran.
27 March 2026 Yasuwe: 1118 0

Aruba yanyagiye Macau mu mukino ufungura FIFA Series i Kigali

Aruba yanyagiye Macau ibitego 4-1, mu mukino wa mbere w’irushanwa rya gicuti ritegurwa n’Ishyirahamwe ry Ruhago ku Isi (FIFA) rya FIFA Series 2026, riri kubera i Kigali.
26 March 2026 Yasuwe: 675 0

Amerika ishaka ko Ukraine iharira u Burusiya Donbas yose

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko kugira ngo intambara ihagarare ndetse bakomeze kurindirwa umutekano na nyuma yayo, bagomba guharira...
26 March 2026 Yasuwe: 720 0

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda barenga 200 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 222 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
26 March 2026 Yasuwe: 384 0

Abanyazimbabwe 15 bishwe barwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine

Zimbabwe yatangaje ko abaturage bayo 15 bishwe nyuma yo guhabwa akazi ko kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine, abarenga 60 bakaba bakiri ku rugamba.
26 March 2026 Yasuwe: 327 0