Anthony John Smith wabaye Umuyobozi w’Urwego rushinzwe umutekano w’imipaka mu Bwongereza, yavuze ko ikosa rikomeye Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Keir Starmer yakoze, ari ukwikura muri gahunda...
Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe 2026, watanze impuruza ku bihe bisa n’imperuka bikomeje kubera muri Komine Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ingabo za Leta ya RDC...
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yavuze ko nta kizabuza igihugu cye umugambi wo gukomeza gukora intwaro za nucléaire, ndetse no gufata Koreya y’Epfo nk’umwanzi w’ibihe byose.
Umunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Bobi Wine, yongeye kwibasira no gushinja umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu, avuga ko ubwenge bwe budafite ubushishozi.
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, yagaragaje ko ubwo yavuganaga na Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, amugisha inama yuko yabigenza ku mukino bari bafitanye ngo yavuye...