Amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Bwongereza no muri Pays de Galles, yemeje kwinjira muri stade ukajya kureba umukino nta tike ufite bizajya bifatwa nk’icyaha gihanishwa kudasubira ku kibuga mu...
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byongeye guhanganira mu bice byo mu kibaya cya Ruzizi muri teritwari ya Uvira nyuma y’amezi abiri hari agahenge.
Ibitero bya Israel kuri Iran kuri uyu wa 20 Werurwe 2026, byishe umuvugizi w’umutwe w’ingabo zirinda impinduramatwara ya Iran uzwi nka IRGC, nk’uko itangazamakuru rya leta yaho ribivuga.
Ku wa Kane tariki 19 Werurwe 2026, Umutwe Udasanzwe w’Ingabo za Iran (IRGC) wemje ko warashe indege y’intambara ya Amerika yo mu bwoko bwa F-35, yihutira kugwa ku birindiro byari hafi nyuma yo...