Mu gihe habura iminsi icyenda gusa ngo irushanwa rya FIFA Series ritangira, abasifuzi bane b’Abanyarwanda batoranyijwe kuzasifura iyi mikino izabera mu Rwanda guhera tariki ya 26 kugeza ku ya 31...
Ikinyamakuru BBC cyasabye urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gutesha agaciro ikirego cya Perezida Donald Trump wayireze asasaba miliyari 10$ nk’indishyi yo kumuharabika.
Polisi ya Nigeria yatangaje ko abantu 23 bapfuye abandi 108 barakomereka nyuma y’ibisasu bikekwa ko byaturikijwe n’abiyahuzi mu Mujyi wa Maiduguri uri mu majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Nigeria.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Iran riri mu biganiro na FIFA, bijyanye no gukura imikino yayo y’Igikombe cy’Isi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikajyanwa muri Mexique kubera impungenge...
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko basabye ko uruzinduko yagombaga kugirira mu Bushinwa muri Werurwe rwimurirwa nyuma y’ukwezi kubera intambara iri kurwanirwa muri Iran.
Guverineri w’agace ka Trans-Nzoia muri Kenya, George Natembeya, yatangaje amagambo yibasira Perezida William Ruto, avuga ko ari umukirisitu ariko nta mbabazi agira ndetse ko umurebye neza ntaho...
Ingabo za Jamaica zashimiye Ingabo z’u Rwanda zibikuye ku mutima ku bwo gutabara iki gihugu cyo mu birwa bya Caraïbes nyuma yo kwibasirwa bikomeye n’inkubi y’umuyaga yahawe izina rya Melissa.
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byongeye guhanganira mu bice byo mu kibaya cya Ruzizi muri teritwari ya Uvira nyuma y’amezi abiri hari agahenge.