Ikigo cya gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Fort Campbell, cyatangaje ko hari abantu bataramenyekana bibye drones enye za gisirikare, maze gisaba ubufasha bw’abaturage kugira ngo bafashe...
Loydah Muhimbura uherutse gutorerwa guhagararira abagore mu gace ka Mbarara mu Nteko Ishinga Amategeko muri Uganda, yajyanywe mu nkiko na mugenzi we yatsinze, umushinja ko impamyabumenyi afite ari...
Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery rugiye guhemba abakinnyi beza b’ukwezi kwa ka Kabiri mu ikipe ya Rayon Sports, yaba mu ikipe y’abagabo ndetse n’iy’abagore.
Iran yongeye kugaba ibitero kuri Israel no mu bindi bihugu bituranye na yo, mu kwihimura ku bitero byahitanye Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wayo.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko nta Muyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran uzamara igihe kinini kuri uwo mwanya atabigizemo uruhare nyuma yuko icyo gihugu cyemeje...