skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Qatar yateguje ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gishobora kwikuba hafi kabiri

Minisitiri ushinzwe ingufu muri Qatar, Saad al-Kaabi, yatangaje ko ibihugu bitandatu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bishobora guhagarika kohereza lisansi na mazutu mu byumweru bibiri cyangwa bitatu...
7 March 2026 Yasuwe: 366 0

Abasirikare bo muri Special Force barangije amahugurwa yo guhangana n’iterabwoba

Abasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), barangije amahugurwa y’ibanze yo guhangana n’iterabwoba.
7 March 2026 Yasuwe: 536 0

Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu kibumbiye hamwe ibigo bya Leta muri Kazakhstan, riyobowe na Nurlan Zhakupov ukiyobora.
6 March 2026 Yasuwe: 312 0

Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu

Imiryango itandukanye ya baturage muri Kenya ku wa 5 Werurwe 2026, yakoreye imyigaragambyo mu murwa mukuru wa Nairobi isaba ko leta y’icyo gihugu yatabara abana babo bavuga ko bashutswe bakoherezwa...
6 March 2026 Yasuwe: 303 0

Amerika na Venezuela bemeranyije gusubukura umubano wa dipolomasi nyuma y’ifatwa rya Maduro

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’impande zombi, hamenyekanye ko hagiye gushyirwaho gahunda yo kongera ituze mu gihugu, kuzahura ubukungu no guteza imbere politiki.
6 March 2026 Yasuwe: 349 0

Abantu bane batawe muri yombi mu Bwongereza bakekwaho gufasha ubutasi bwa Irani

Polisi y’Ubwongereza yatangaje ko abantu bane batawe muri yombi mu rwego rw’iperereza ku kurwanya ibikorwa by’iterabwoba bifitanye isano na Irani.
6 March 2026 Yasuwe: 290 0

Perezida wa Irani yavuze ko ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza

Perezida wa Irani Masoud Pezeshkian avuga ko “ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza”, ariko ntiyavuze ibyo ari byo.
6 March 2026 Yasuwe: 763 0

RDF na Polisi bagiye gutangiza ibikorwa byita ku iterambere n’imibereho myiza y’abaturage

lngabo na Polisi by’ u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego bateguye ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere, biteganyijwe ku wa Mbere tariki ya 9 Werurwe 2026.
6 March 2026 Yasuwe: 179 0

Umunyamabanga Mukuru wa OIF ari muri Vietnam

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yahuriye i Hanoi na Minisitiri w’Intebe wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Vietnam, Bui...
6 March 2026 Yasuwe: 242 0

Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam

Ingabo za Uganda ziri muri Somalia mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bugamije kubungabunga no kugarura amahoro n’umutekano, AUSSOM, zifatanyije n’iza Somalia, zabohoje Umujyi...
6 March 2026 Yasuwe: 243 0