skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Amerika yigambye ko yarashishije Torpedo ‘ubwato bw’intambara’ bwa Iran bwarohamye hafi ya Sri Lanka

Mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’ingabo za Amerika yemeje ko ingabo za Amerika ari zo zarashwe “ubwato bw’intambara bwa Iran” bwarohamye buri mu nyanja hafi ya Sri Lanka.
4 March 2026 Yasuwe: 588 0

WhatsApp igiye kujya itambutswaho ubutumwa bwamamaza, abatabushaka bishyure 6.000 RWF buri kwezi

Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza kubona ubu butumwa bazajya babyishyurira ifatabuguzi.
4 March 2026 Yasuwe: 299 0

Gusimburana ku buyobozi bigamije kwagura iterambere ry’ubukungu – PSF

Urugaga rw’Abikorera, PSF, rwatangaje ko gusimburana mu buyobozi bigamije kongera gushinga imizi n’indangagaciro z’Urugaga mu kwagura iterambere ry’ubukungu.
4 March 2026 Yasuwe: 236 0

Impaka mu rubanza rwa Ingabire Victoire usaba ko ingingo y’itegeko yatumye afungwa ikurwaho

Urukiko rw’Ikirenga rwatangiye kuburanisha mu mizi, urubanza rwa Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha inyuranye...
4 March 2026 Yasuwe: 426 0

U Bwongereza bwahagaritse viza ku bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika gutanga viza zo kwiga ku baturage bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani nk’uburyo bwo guhangana n’ikibazo cy’abimukira.
4 March 2026 Yasuwe: 143 0

Mucoma yitakanye ibyaha byakorewe kuri ‘YouTube channels’ yashinze, asaba ko biryozwa abakozi be

Nizeyimana Didier wamamaye nka Mucoma uri mu bantu batanu bakurikiranyweho icyaha cyo gukwirakwiza amakuru y’ibihuha, yatakambiye urukiko agaragaza ko nubwo imiyoboro ya YouTube yakoreweho icyo...
4 March 2026 Yasuwe: 306 0

Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi yatumye aba ikirangirire mu mupira w’amaguru

Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi atuma baba ibirangirire mu mupira w’amaguru, ashimangira ko iyo biba ari ko bimeze aba yarakinnye i Burayi ameze nka Sadio Mané.
4 March 2026 Yasuwe: 449 0

TikTok yanze gukoresha uburyo burinda amakuru y’abayikoresha

TikTok yavuze ko itazashyiraho uburyo buzwi nka ‘end-to-end encryption: E2EE’ bukunze gukoreshwa n’izindi mbuga nkoranyambaga mu kurinda amakuru y’abazikoresha.
4 March 2026 Yasuwe: 189 0

Rodríguez wasimbuye Maduro yaba ari mu mazi abira?

Mu buryo bw’ibanga rikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ziri gutegura ibirego kuri Perezida w’agategenyo wa Venezuela, Delcy Rodríguez nk’uburyo bwo kongera igitutu ku b’i Caracas, kugira ngo...
4 March 2026 Yasuwe: 629 0

Sri Lanka yarokoye abaturage ba Iran 30 impanuka y’ubwato

Kuri uyu wa 04 Werurwe 2026, Leta ya Leta ya Sri Lanka yatangaje ko yarokoye abanya-Iran 30 bari bagiye kugwa mu mpanuka y’ubwato bwa Iran mu nyanja y’u Buhinde
4 March 2026 Yasuwe: 343 0