Mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’ingabo za Amerika yemeje ko ingabo za Amerika ari zo zarashwe “ubwato bw’intambara bwa Iran” bwarohamye buri mu nyanja hafi ya Sri Lanka.
Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika gutanga viza zo kwiga ku baturage bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani nk’uburyo bwo guhangana n’ikibazo cy’abimukira.
Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi atuma baba ibirangirire mu mupira w’amaguru, ashimangira ko iyo biba ari ko bimeze aba yarakinnye i Burayi ameze nka Sadio Mané.
Mu buryo bw’ibanga rikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ziri gutegura ibirego kuri Perezida w’agategenyo wa Venezuela, Delcy Rodríguez nk’uburyo bwo kongera igitutu ku b’i Caracas, kugira ngo...
Kuri uyu wa 04 Werurwe 2026, Leta ya Leta ya Sri Lanka yatangaje ko yarokoye abanya-Iran 30 bari bagiye kugwa mu mpanuka y’ubwato bwa Iran mu nyanja y’u Buhinde