Abakozi 13 bo mu rwego rw’ubucamanza bahaniwe ruswa mu mwaka wa 2024-2025. Mu myaka 20 ishize (kuva mu mwaka wa 2005 kugera mu mwaka ushize wa 2005) abakozi 57 barirukanywe kubera ruswa
Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, yavuze ko ari ishema rya Paruwasi ya Save yashinzwe bwa mbere mu Rwanda kuko yagabye amashami yose mu gihugu, aho urumuri...
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Mutojo mu Murenge wa Karama, Akarere ka Nyagatare baturiye umupaka na w’u Rwanda na Uganda bavuga ko bahangayikishijwe no kuba batagira ibyangombwa by’ubutaka...
Bamporiki Edouard abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ko ashyigikiye guhuza imbaraga kwa Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka Igihugu.