Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Keir Starmer, ubwo yari mu nteko nshingamategeko, yavuze ko igihugu cy’Ubwongereza kitazigera kifatanya na Amerika ndetse na Israel, mu bitero byagabye kuri Iran.
Abantu babiri bapfuye abandi barenga icumi barakomereka mu iraswa ryabereye mu busitani bw’ahantu bafatira icyo kunywa i Austin, muri Texas, mu gihe FBI ivuga ko bishobora kuba bifitanye isano...
Minisitiri w’i ntebe wa Israel Benjamin Netanyahu yabwiye abanyamakuru ko ubutegetsi bwa Irani "bwashyira mu kaga abantu bose" mu gihe bushoboye kubona intwaro za nikleyeri n’uburyo bwo kuzitanga.
Image
Impuguke zo mu Kigo Mpuzamahanga gishinzwe Ingufu za Nikereyeli (International Atomic Energy Agency-IAEA) ziri mu Rwanda mu cyiciro cya mbere cy’ubutumwa bwo gusuzuma ibikorwa remezo...
Erik Prince washinze umutwe w’abacanshuro wa Blackwater, yagiriye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akanaba inshuti ye inama yo kutazakora ikosa ryo kohereza muri Iran ingabo zo...
Iran yavuze ko nta biganiro ishaka na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zatangiye kuyigabaho ibitero zifatanyije na Isiraheli kuva kuwa 28 Werurwe 2026, iteguza imfu z’abasirikare benshi b’icyo...