skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Rwanda Premier League yateye utwatsi Al Hilal yifuza kwimurirwa umukino wa APR

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwanze icyifuzo cy’ikipe ya Al Hilal yifuzaga ko umukino wayo na APR uri ku wa Kabiri wakwimurwa, bikayorohereza kwitegura umukino wa LUPOPO uri ku wa Gatandatu...
8 February 2026 Yasuwe: 262 0

Karongi: Abiga imyuga n’ubumenyingiro bageze kuri 37%

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko 37% by’abanyeshuri biga muri aka karere biga amasomo y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse ko bukomeje kongera umubare w’abagana aya masomo kugira ngo...
8 February 2026 Yasuwe: 111 0

Amb. Nkurunziza yasabye abiga muri ILPD kugira uruhare mu kwigenga kwa Afurika

Ambasaderi Nkurunziza Williams, wigeze guhagararira u Rwanda mu bihugu bitandukanye i Burayi, yasabye urubyiruko rwiga mu Ishuri Rikuru Ryigisha Rikanateza Imbere Amategeko (ILPD), ko bakwiye...
8 February 2026 Yasuwe: 126 0

Abarangiza amasomo mu by’ubuvuzi bikubye kane mu 2025

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu barangije amasomo yerekeye ubuvuzi binjiye mu kazi bikubye kane ugereranyije n’abakinjiragamo mbere ya 2024, kuko bageze kuri 6400 mu 2025.
8 February 2026 Yasuwe: 92 0

Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bitabiriye amarushanwa y’ubumenyi bwihariye mu birimo kurasa

Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bongeye kwitabira amarushanwa rya UAE SWAT Challenge riri kubera i Dubai, muri Leta Zunze Ubumwe z’Abaruabu, aho batangiye bitwara neza ku munsi wa mbere.
8 February 2026 Yasuwe: 260 0

Ese gukundana kw’abakozi babiri bakorana hari icyo bitwaye? Ababibuzanya babiterwa n’iki?

Abantu bamara igihe kinini ku kazi, kenshi kurusha igihe bamara mu rugo. Ibi bituma ibisanzwe ari ubucuti bishobora gukura, rimwe na rimwe bikabyara urukundo. Nubwo urukundo mu kazi ari ngombwa ku...
8 February 2026 Yasuwe: 259 0

Arsenal yanditse amateka yaherukaga mu 2004

Ikipe ya Arsenal iyoboye Shampiyona y’u Bwongereza yanditse amateka mashya yo kugira amanota icyenda irusha iyikurikiye. Ibi byaherukaga kuba mu 2004 ubwo yegukanaga iri rushanwa.
8 February 2026 Yasuwe: 441 0

Intandaro y’uburezi bw’u Rwanda yo kuba umusingi w’iterambere

Mu myaka 32 ishize, uburezi mu Rwanda bwagaragaje impinduka mu buryo bufatika, ku buryo kubona umuntu warangije amashuri yisumbuye cyangwa kaminuza bitakiri igitangaza mu byaro no mu mijyi, ndetse...
8 February 2026 Yasuwe: 118 0

Gatsibo: Korea y’Epfo igiye kubaka isoko rigezweho i Kabarore

Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe ubutwererane bwa Korea y’Epfo (KOICA) ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo batangiye umushinga wo kubaka isoko rigezweho mu Murenge wa Kabarore, rizafasha...
8 February 2026 Yasuwe: 132 0

Byukusenge Patrick yegukanye isiganwa ribanziriza ‘Tour du Rwanda 2026’

Byukusenge Patrick w’Ikipe y’Igihugu (Team Rwanda), yegukanye isiganwa ryihariye ryiswe ‘Amahoro Criterium’ ryari rigamije kureba urwego rw’abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri Tour du Rwanda 2026.
8 February 2026 Yasuwe: 130 0