skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Musanze: Kimonyi ababyeyi barasaba kwegerezwa amashuri y’inshuke

Mu Murenge wa Kimonyi, cyane cyane mu Kagari ka Birira, abaturage bagaragaza ikibazo cyo kutagira amashuri y’inshuke hafi y’aho batuye.
7 February 2026 Yasuwe: 125 0

Rulindo: Abasaza n’abakecuru b’imyaka isaga 75 bahagurikiye siporo ibarinda indwara z’izabukuru

Mu Karere Rulindo hari abakecuru n’abasaza bafite imyaka irenga 75 bagaragaza ko gukora siporo bibarinda indwara zibasira abakuze, kuri ubu bakaba bayifatanyamo n’urubyiruko.
7 February 2026 Yasuwe: 250 0

Nyagatare: Batewe ishema no guturira indake Perezida Kagame yabayemo

Abaturage b’ahitwa Gikoba mu Murenge wa Tabagwe ho mu Karere ka Nyagatare bavuga ko baterwa ishema no guturira ahari indaki Perezida Kagame yabayemo ubwo yari ayoboye urugamba rwo kubohora Igihugu.
7 February 2026 Yasuwe: 218 0

APR FC yatakaje amanota mbere yo guhura na Al Hilal SC

APR FC yanganyije na Bugesera FC ibitego 2-2 mu mukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Stade y’Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Gashyantare 2026.
7 February 2026 Yasuwe: 339 0

Musanze: Umusore yishwe n’inzoga y’icyuma yategewe kumara adakuye ku munwa

Ishimwe Fabrice, umusore w’imyaka 20 y’amavuko wo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Cyuve, Akagari ka Kabeza, yapfuye bikekwa ko azize kunywa inzoga ikomeye izwi ku izina ry’icyuma, nyuma yo...
7 February 2026 Yasuwe: 527 0

FBI iri gukora iperereza kuri coup d’état yapfubye i Kinshasa

Urwego rw’ubugenzacyaha rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, FBI, ruri gukora iperereza ku igerageza ryo guhirika ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryabaye mu 2024.
7 February 2026 Yasuwe: 470 0

Imbonerakure zakatiwe igifungo cy’umwaka, zizira kujya muri RDC zinyuze mu nzira z’ubusamo

Urukiko Rukuru rwa Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi ku wa 3 Gashyantare 2026 rwakatiye Imbonerakure eshanu igifungo cy’umwaka nyuma yo guhamywa icyaha cyo kubangamira umutekano...
7 February 2026 Yasuwe: 189 0

Perezida Macron yihanije uwamwise ‘kadahumeka’ kubera kuvuga ko ayoboye muri AI

Ku wa 04 Gashyantare 2026, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yanyujije ku rukuta rwe rwa X, ubutumwa bugaragaza ko igihugu cye cyafashe iya mbere mu guteza imbere ibijyanye n’ikoranabuhanga...
7 February 2026 Yasuwe: 185 0

Amerika ishaka ko intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya irangira muri Kamena 2026

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifuza ko intambara ibahuza n’u Burusiya igomba kurangira bitarenze muri Kamena 2026.
7 February 2026 Yasuwe: 177 0

Icyambu cya Karongi kinyuzwaho toni 8000 za sima buri kwezi

Abakoresha icyambu cy’i Karongi kimaze amezi atanu gitangiye kunyuzwaho ibicuruzwa biva mu Rwanda bijya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko basanze ari ho heza ho kunyuza ibicuruzwa...
7 February 2026 Yasuwe: 347 0