Uwabaye Minisitiri w’Imari muri Amerika, Lawrence H. Summer akaba n’umwarimu muri Kaminuza ya Havard yatangaje ko ku mpera z’umwaka w’amashuri azahita asezera mu kazi.
Ihuriro ry’abarwanyi ba AFC/M23 bisubije ibice bitandukanye byo muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abambari bazo.
Amasezerano y’inkunga mu by’ubuzima angana na $ miliyoni 367 (Frw miliyari 477,1) yagombaga gusinywa hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Zimbabwe, yanze kwemerwa na guverinoma ya kiriya...
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yatangaje ko ari gutekereza kujyana mu nkiko umukire Elon Musk wamushinje gukorana n’abacuruzi b’ibiyobyabwenge.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaganiriye na mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku mukandida w’Umunye-Congo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha, yatangaje ko hari Abanyafurika 1700 bari kurwanira u Burusiya mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo.