Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, Dr. Fidel Ndahayo yavuze ko mu Rwanda hakenewe arenga miliyari 5$ (arenga miliyari 7000 Frw) mu kubaka uruganda...
Umunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Savannah Guthrie, yagaragaje ko umuryango we uri gutanga miliyoni 1$ ( arenga miliyari 1,4 Frw) ku muntu uzatanga amakuru y’umubyeyi we w’imyaka...
U Rwanda na Give Directly uyu munsi basinyanye amasezerano y’imyaka itanu agamije kwihutisha gahunda zo kurwanya ubukene (Poverty Acceleration Co-Financing Basket Fund Framework Agreement).
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryashyize hanze uko amakipe azahura mu irushanwa rya FIFA Series 2026, harimo n’umukino uzabera muri Kigali Pelé Stadium uteganyijwe ku masaha ya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko gikomeje kwagura amasoko mpuzamahanga yoherezwaho umusaruro wo mu Rwanda.
Polisi yo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda yatangaje ko yafashe abagore babiri bari mu kigero cy’imyaka 20, nyuma y’uko abaturanyi babo babareze bavuga ko bababonye basomana mu ruhame.
Dosiye ya Mike Habinshuti wabaye umujyanama wa Bruce Melodie yagejejwe mu Bushinjacyaha aho akurikiranyweho ibyaha birimo gukwirakwiza ibiyobyabwenge n’iyezandonke.
Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu...