Amerika yatangaje ko mu mezi make ari imbere izaba yavanye ingabo zayo 1000 muri Syria, ndetse ingabo za Syria zamaze gushyikirizwa ibigo bibiri bya gisirikare zabagamo.
Impunzi zicumbikiwe mu Nkambi ya Mahama, zishimira Gas zo gutekesha bahawe, byabakijije kugirana amakimbirane na bagenzi babo bo hanze y’inkambi, bajyaga gutemera amashyamba bashaka inkwi.
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwashyize mu muhezo iburanisha ry’urubanza ruregwamo abarimo Barafinda Sekikubo Fred na Nizeyimana Didier uzwi nka Muchoma, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet.
Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko akamushukisha 1 000Frw, yemera icyaha agasobanura ko uyu mwana ari...
Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko kuri uyu wa Gatatu ushize, i Bujumbura, abanyamakuru batatu, Umurundi n’abanyamahanga, bari baherekeje Hadja Lahbib, Komiseri w’u Burayi ushinzwe Uburinganire,...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko icyiza ari uko umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yakwigumira mu Busuwisi.