skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Ethiopian Airlines yahagaritse ingendo zijya muri Tigray

Ingendo z’indege zitwara abagenzi hagati y’Umurwa Mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa, n’imijyi yo mu majyaruguru y’Intara ya Tigray zahagaritswe, hakekwa ko imirwano yaba igiye kubura hagati y’Ingabo...
29 January 2026 Yasuwe: 286 0

U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye

Hashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku nshingano z’abashakanye, aho abantu benshi bumva ko ari ihame ko gushakana bigomba guherekezwa no gukora...
29 January 2026 Yasuwe: 449 0

Amayeri FDLR ikoresha ngo idatsindwa

Nubwo umutwe wa M23 wagiye ugaragaza intsinzi zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko kuva mu mpeshyi ya 2022, FDLR ntiyigeze itsindwa ku buryo...
29 January 2026 Yasuwe: 902 0

Nyagatare: Polisi iri gushakisha abajura bakomerekeje abaturage batatu

Abantu batari bamenyekana bagiye kwiba mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bakomeretsa abantu batatu ndetse banatwara amwe mu matungo yabo. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yahise itangira...
29 January 2026 Yasuwe: 257 0

Amerika yarekuye imitungo ya Venezuela yari yarafatiriye

Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarekuye imitungo irimo n’amafaranga ya Venezuela yari yarafatiriwe.
29 January 2026 Yasuwe: 304 0

RCS yagaragaje ko Umugore iyo afunzwe asa nk’aho atereranywe

Komiseri Mukuru Wungirije w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), DCG Rose Muhisoni, yagaragaje ko abagore bafunzwe usanga batereranwa n’imiryango yabo kuko idakunze kubasura, agaragaza ko...
29 January 2026 Yasuwe: 292 0

Ubutabera buhabwa abana mu Rwanda buracyarimo inzitizi

Ubutabera buhabwa abana bakurikiranyweho ibyaha cyangwa abakorewe ibyaha, ni kimwe mu bihangayikishije inzego zitandukanye z’igihugu kugira ngo abo bana bahabwe ubutabera bukwiye kandi bwihuse.
29 January 2026 Yasuwe: 166 0

Abajyanama 21 ba Perezida Ruto ntibumva uko bagiye kwirukanwa

Abajyanama 21 ba Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, basabye Urukiko Rukuru rwa Nairobi guhagarika by’agateganyo umwanzuro rwafashe wo kubambura akazi.
29 January 2026 Yasuwe: 383 0

Hamenyekanye igihe inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 izabera

Guhera tariki ya 5 Gashyantare kugeza ku ya 6 Gashyantare 2026, Hategerejwe Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 ikaba yitezweho kwitabirwa n’Abanyarwanda bahagarariye ibyiciro...
29 January 2026 Yasuwe: 416 0

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

Uwera Jean Maurice wagizwe Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma yagaragaje amarangamutima ye ashimira Perezida Paul Kagame ku cyizere yamugiriye anizeza gutanga umusanzu we nk’uko bikwiye.
29 January 2026 Yasuwe: 310 0