Imitwe ya Twirwaneho ifatanyije na AFC/M23, kuri uyu wa Mbere tariki 16 Gashyantare 2026, yahanuye drone eshatu zo mu bwoko bwa “kamikaze” zari zoherejwe n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Danemark, Lars Løkke Rasmussen, ku wa 16 Gashyantare 2026 yatashye ku mugaragaro Ambasade y’igihugu cyabo iri i Kigali.
Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko nta muntu wandikiwe guhabwa visa ya Amerika cyangwa kutazayamburwa, kuko ubangamiye inyungu z’iki gihugu...
Mu gihe ibiganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bigikomeje, hahishuwe ko Washington iri kwitegura ibitero bikomeye bishobora kumara iminsi kuri Iran.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Afurika y’Epfo byibeshye ku mazina ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kumwita Félix Tshisekedi, bimwita Philip Tshisekedi.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yandagaje Minisitiri w’Intebe wa Hungary, Viktor Orban avuga ko aho gutekereza uburyo bwa gisirikare u Burayi bwakumiramo u Burusiya, ahubwo ahugiye ku...
Abantu 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’umutekano zo mu majyaruguru ya Nigeria mu turere twa Borgu na Agwara abivuga.
Mia Amor Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados ku nshuro ya gatatu, yashimiye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wamwifurije ishya n’ihirwe, ashimangira ko umubano uri...