Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko ari ubutwari bukomeye kuba umwanditsi Mukagasana Yolande yariciwe abo mu muryango we...
Abantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo ukunda kwisanga uri guseka mu bihe bibabaje nko mu kiriyo, uri gutongana n’abantu, cyangwa ufite...
Nyuma y’imyaka umunani idakorerwa mu Rwanda, Licence A C-CAF igiye kongera gukorerwa mu Rwanda, aho biteganyijwe ko izakorerwa mu ntangiriro za Werurwe 2026.
Kompanyi z’imbuga nkoranyambaga za mbere nini cyane ku isi zashinjwe gushyiraho “imashini zigira abantu imbata” (bazikoresha nta kwigarura), mu rubanza rwanditse amateka rwatangiye ku wa mbere muri...
Ghislaine Maxwell, umugore ufungiye ubufatanyacyaha na Jeffrey Epstein, yanze gusubiza ibibazo by’Itsinda rishinzwe igenzura mu nteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umunyeshuri wo muri Groupe Scolaire Rubona iri mu Mudugudu wa Muciro, Akagari ka Gisiza, Umurenge wa Rugabano muri Karongi yateze abarimu babiri batashye atemamo umwe.