skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Imirwanire ya AFC/M23 ntizava mu bitekerezo by’Umuyobozi wa MONUSCO

Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Vivian van de Perre, yatangaje ko yabonye isura atari azi ku barwanyi...
26 January 2026 Yasuwe: 1232 0

Realme igiye gusohora Smartphone ifite bateri ya mbere irambamo umuriro

Sosiyete y’Abashinwa ikora telefoni, Realme, igiye gushyira ku isoko telefone nshya izaba ifite bateri ya mAh (milliampere-hour) 10.001, yiswe P4 Power.
26 January 2026 Yasuwe: 537 0

Révérien Ndikuriyo yongeye gutorerwa kuba umunyamabanga wa CNDD-FDD

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, ryatoye Reverien Ndikuriyo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru waryo muri manda y’imyaka itanu.
26 January 2026 Yasuwe: 450 0

Hasabwe ko inyito ‘Ubushinjacyaha’ yahinduka hagashakwa indi irimo no gushinjura

Umwe mu banyeshuri b’amategeko mu Ishuri Rikuru ryo Kwigisha no Guteza Imbere Amategeko (ILPD) yashyize hanze inyandiko isaba ko inyito ‘Ubushinjacyaha’ yahindurwa hagashakwa irindi jambo ririmo no...
26 January 2026 Yasuwe: 387 0

Venezuela yarekuye imfungwa za politiki zirenga 100

Venezuela yarekuye imfungwa za politiki 104, zirimo abanyeshuri n’abanyamategeko nkuko byatangajwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Foro Penal ukorera i Caracas, mu murwa mukuru.
26 January 2026 Yasuwe: 362 0

Uvira: Umuturage yabwiye FARDC ko arambiwe ‘Repli Stratégique’ itagira iherezo

Umubyeyi utuye mu Mujyi wa Uvira, Intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje we na bagenzi we barambiwe ‘Repli Stratégique’ y’ingabo z’iki...
26 January 2026 Yasuwe: 614 0

Israel yatangiye ibikorwa byo gushaka imwe mu mbohe zaburiye muri Gaza

Guverinoma ya Israel yatangiye ibikorwa bya gisirikare muri Gaza bigamije gushakisha imbohe yasigaye muri Gaza kugira ngo habe habaho gukora ibikurikiye mu masezerano y’agahenge.
26 January 2026 Yasuwe: 298 0

Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 7,2% mu 2026

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, cyashyize u Rwanda mu bihugu byitezweho kugira ubukungu buzazamuka cyane mu 2026, kuko byitezwe ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uziyongera ku kigero cya 7,2%.
24 January 2026 Yasuwe: 307 0

Ingabo za Amerika ziri gusuzuma uko zakorana n’iza RDC

Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uko zakorana n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
24 January 2026 Yasuwe: 1201 0

Abaganga b’u Bushinwa bamaze kuvura Abanyarwanda ibihumbi 730

Umuyobozi Ushinzwe serivisi z’Ubuvuzi mu Ntara ya Inner Mongolia, imaze imyaka 45 yohereza abaganga b’Abashinwa mu Rwanda, yatangaje ko kuva mu 1982, iyi Ntara yohereje mu Rwanda amatsinda 26...
24 January 2026 Yasuwe: 292 0