skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

U Rwanda rwohereje abapolisi 160 mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 160 bagiye koherezwa mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), aho bazasimbura bagenzi babo bari bamaze umwaka muri ubwo butumwa...
10 February 2026 Yasuwe: 230 0

Minisitiri Bizimana yashimye Mukagasana washinze umuryango wita ku bana kandi abe barishwe muri Jenoside

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko ari ubutwari bukomeye kuba umwanditsi Mukagasana Yolande yariciwe abo mu muryango we...
10 February 2026 Yasuwe: 141 0

U Rwanda rwakiriye abarenga 160 batahutse bavuye muri RDC

U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 161 batahutse kuri uyu wa Kabiri, bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
10 February 2026 Yasuwe: 167 0

Menya impamvu hari abantu baseka mu bibabaje

Abantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo ukunda kwisanga uri guseka mu bihe bibabaje nko mu kiriyo, uri gutongana n’abantu, cyangwa ufite...
10 February 2026 Yasuwe: 299 0

Abahinzi b’ibirayi bagiye kubona imbuto idakenera guterwa umuti

Umuhinzi iyo yateye bikamera, atangira gutera imiti irwanya indwara zibasira ibirayi, cyane cyane iyo bakunze kwita ‘indwara y’imvura’ cyangwa ‘Mildiou’ mu ndimi z’amahanga, iterwa n’agahumyo kitwa...
10 February 2026 Yasuwe: 187 0

FERWAFA yeteguje abazakorera Licence A-CAF

Nyuma y’imyaka umunani idakorerwa mu Rwanda, Licence A C-CAF igiye kongera gukorerwa mu Rwanda, aho biteganyijwe ko izakorerwa mu ntangiriro za Werurwe 2026.
10 February 2026 Yasuwe: 170 0

Ba nyiri Instagram na YouTube barezwe kubaka ’imashini zigira abantu imbata’

Kompanyi z’imbuga nkoranyambaga za mbere nini cyane ku isi zashinjwe gushyiraho “imashini zigira abantu imbata” (bazikoresha nta kwigarura), mu rubanza rwanditse amateka rwatangiye ku wa mbere muri...
10 February 2026 Yasuwe: 136 0

Umufatanyacyaha muri dosiye ya Epstein yanze guha amakuru inteko ya Amerika adahawe imbabazi na Perezida

Ghislaine Maxwell, umugore ufungiye ubufatanyacyaha na Jeffrey Epstein, yanze gusubiza ibibazo by’Itsinda rishinzwe igenzura mu nteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
10 February 2026 Yasuwe: 191 0

Karongi: Umunyeshuri Yatemye Mwarimu We

Umunyeshuri wo muri Groupe Scolaire Rubona iri mu Mudugudu wa Muciro, Akagari ka Gisiza, Umurenge wa Rugabano muri Karongi yateze abarimu babiri batashye atemamo umwe.
10 February 2026 Yasuwe: 1042 0

Amajyaruguru: Polisi Yamennye Litiro 10.000 z’inzoga z’inkorano

Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze umukwabu wo gufata no kwangiza ibinyobwa bitemewe, imena litiro 10,000 z’inzoga z’inkorano.
10 February 2026 Yasuwe: 189 0