Guverinoma ya Pakistan yemeje ko ikipe y’igihugu yayo y’umukino wa Cricket izakina n’iy’u Buhinde mu mukino w’Igikombe cy’Isi cya “T20” uzabera muri Sri Lanka ku Cyumweru, mu gihe iki gihugu cyari...
Tony Kroos wakinanye na Cristiano Ronaldo muri Real Madrid, yagaragaje ko Arabie Saoudite iri gutesha agaciro Cristiano Ronaldo nyamara ari we utuma ruhago yaho ikurikirwa cyane.
Umutoza wa Team Rwanda, Sempoma Félix, yatangaje ko we n’abakinnyi be bafite intego yo kwambara umwambaro w’umuhondo kugeza begukanye irushanwa rya Tour du Rwanda 2026.
Ikirombe cyahirimye mu gace gacukurwamo amabuye y’agaciro k’i Tilwizembe, kuri kilometero 25 uvuye mu mujyi wa Kolwezi, mu ntara ya Lualaba, mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Repubulika ya...