skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

‘Urumuri rw’Ivanjiri rwacaniwe i Save rukwira igihugu’, Paruwasi ya Save yizihije isabukuru y’imyaka 126

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, yavuze ko ari ishema rya Paruwasi ya Save yashinzwe bwa mbere mu Rwanda kuko yagabye amashami yose mu gihugu, aho urumuri...
9 February 2026 Yasuwe: 113 0

Abaturiye umupaka wa Shonga babangamiwe no kudahabwa ibyangombwa by’ubutaka

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Mutojo mu Murenge wa Karama, Akarere ka Nyagatare baturiye umupaka na w’u Rwanda na Uganda bavuga ko bahangayikishijwe no kuba batagira ibyangombwa by’ubutaka...
9 February 2026 Yasuwe: 110 0

LONI ihangayikishijwe n’ibibera muri Sudani y’Epfo

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yavuze ko ahangayikishijwe n’ibikorwa by’urugomo bikomeje kubera muri Sudani y’Epfo aho abaturage barenga miliyoni 10 ubu bagowe no...
9 February 2026 Yasuwe: 105 0

RD Congo: Ibyihebe byishe abantu 18 muri Teritwari ya Lubero

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishe abantu 18 muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru.
9 February 2026 Yasuwe: 134 0

Ethiopia na Eritrea birarebana ay’ingwe

Umwuka mubi wa politiki uratutumbe hagati ya Ethiopia na Eritrea nyuma y’uko, ubutegetsi bwa Ethiopia bushinjije ubwa Eritrea ibikorwa byo kuvogera ubutaka no gufasha imitwe yitwaje intwaro irwanya...
9 February 2026 Yasuwe: 135 0

Bamporiki yagaragaje ko ashyigikiye ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben

Bamporiki Edouard abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ko ashyigikiye guhuza imbaraga kwa Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka Igihugu.
9 February 2026 Yasuwe: 204 0

Muzaryozwa amaraso y’izi nzirakarengane- Integuza ya Nyarugabo kuri Tshisekedi na Ndayishimiye

Umunyamategeko Moïse Nyarugabo yamenyesheje Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko hari igihe kizagera bakaryozwa...
9 February 2026 Yasuwe: 178 0

Uri igisebo kuri Amerika: Perezida Trump yifatiye ku gahanga Bad Bunny

Perezida Donald Trump yakunze kunenga itumirwa rya Bad Bunny ku buryo yumvaga yasimbuzwa undi muhanzi wo muri Amerika mu rwego rwo guteza imbere Amerika n’abayo.
9 February 2026 Yasuwe: 154 0

Ibura ry’Umuyobozi w’Ikirenga wa Irani mu birori byo kwizihiza isabukuru y’impinduramatwara rikomeje guteza impungenge

Umukuru w’ingabo za Irani, Jenerali Majoro Abdolrahim Mousavi, yavuze ijambo rikomeye mu muhango usanzwe uyoborwa n’Umutegetsi w’Ikirenga wa Irani Ayatollah Ali Khamenei, mu buryo budasanzwe...
9 February 2026 Yasuwe: 176 0

Umunya-Canada Yakuriweho igihano cy’urupfu nyuma y’urugendo rwa Minisitiri w’Intebe wa Canada mu Bushinwa

Urukiko rw’Ikirenga mu Bushinwa rwakuyeho igihano cy’urupfu ku munya-Canada uregwa gucuruza ibiyobyabwenge, nk’uko umunyamategeko we yabitangarije ibiro ntaramakuru Reuters kuri uyu wa mbere.
9 February 2026 Yasuwe: 119 0